Dataset Viewer
TTS 1_2
stringlengths 7
10
| ntivuga ko Nehemiya yakoreye umugabo wa Esiteri umwami Ahasuwerusi ahubwo yakoreye uwamusimbuye.
stringlengths 20
180
| Unnamed: 2
null |
|---|---|---|
TTS 1_3
|
Iyo nzu ni nto ariko ni nini bihagije kuri twe
| null |
TTS 1_4
|
Amaze kubona izi mbwa ngo yageze iKigali atekereza icyo yakora ngo nibwo yahise azizana mu Rwanda
| null |
TTS 1_5
|
Abana banjye batandatu, umugabo wanjye n’abavandimwe banjye babiri bahise bicwa.
| null |
TTS 1_6
|
Seyoboka yavuze ko adahakana ko bariya bantu bishwe ariko ko atari we wabishe.
| null |
TTS 1_7
|
Kugira ngo iyi kipe ikomeze biyisaba kwihagararaho ntizishyurwe ibi bitego cyangwa ngo itsindwe ibindi.
| null |
TTS 1_8
|
kuko habaga umurishyo w’Ingoma wavugaga umenyesha yuko kanaka uwo ari igicibwa
| null |
TTS 1_9
|
Ryari ryegeranye n'iryacu ntangira no kumukunda yatumaga numva nkunzwe cyane
| null |
TTS 1_10
|
ariko hari indirimbo ijya imfasha, duhuriyeho kandi twese tuzi
| null |
TTS 1_11
|
Nakubwiye kenshi ko ntakunda gushyirwa ku karubanda none unshyize kuri Radiyo.
| null |
TTS 1_12
|
Uwo mukinnyi yabajijwe icyo yifuza ku bijyanye n'ubuzima bwe bw'imibonanompuzabitsina.
| null |
TTS 1_13
|
ni uburyo bw'ingenzi mu itumanaho kuko bukoreshwa n'abantu hafi ya bose ku isi
| null |
TTS 1_14
|
Yezu yabikuraga mu Ijambo ry’Imana ndetse no muri gahunda itajya ihagarara y’ibyaremwe.
| null |
TTS 1_15
|
icyampa akabona intsinzi muri kimwe cya kabiri cy'icyiciro cya karindwi
| null |
TTS 1_16
|
dore ko usanga abashumba bashoye inka mu mazi ari mu kibumbiro
| null |
TTS 1_17
|
cyane cyane bakoresha uturima tw’igikoni kugira ngo bashobore kubona indyo yuzuye ku buryo buboroheye
| null |
TTS 1_18
|
Yagize ati “ Basaba uburenganzira maze tukazumva, twasanga zidahabanye no kwibuka; zidatoneka ibikomere tukabubaha.
| null |
TTS 1_19
|
Uwo munsi ni bwo bwari ubwa mbere Dawidi ahaza Asafu n'abavandimwe
| null |
TTS 1_20
|
Ihuriro Nyarwanda riramagana iyi mikorere ya Kagame yo kugira ikibazo cye bwite ikibazo cy’abanyarwanda bose
| null |
TTS 1_21
|
hanze harashyushye kuburyo nshaka kumara umunsi wose munzu ifite ubukonje
| null |
TTS 1_22
|
yigeze nari rimwe agaragara yambaye ingutiya yaba ngufi bita mini cyangwa indende?
| null |
TTS 1_23
|
Abanyarwanda bazajye bayigeza ku bajyanama bagenwe na minisiteri y’Ubucuruzi igihe icyo ari cyo cyose babagire inama
| null |
TTS 1_24
|
Abakobwa icumi bahataniye kwinjira muri Misi Rwanda mu majonjora yabereye i Musanze.
| null |
TTS 1_25
|
Yavuze ko Ubufaransa "butigeze buhagarika gukoloniza ibihugu byo muri Afurika bibarirwa mu icumi".
| null |
TTS 1_26
|
Perezida w’u Bufaransa yategetse ko mu gihugu haba icyunamo uwo munsi.
| null |
TTS 1_27
|
zikoreshwa hagamijwe kwirinda ibyago cyangwa se mugihe cyo kunyuranaho ahatari mu nsisiro
| null |
TTS 1_28
|
Kaneza na Kamaliza bahuriza kukuba iki ari igikorwa gikomeye kandi kidasaba amikoro menshi
| null |
TTS 1_29
|
ushobora kwitoza kugera ku bumenyi, ariko ntushobora kwitoza kugera ku bwenge
| null |
TTS 1_30
|
Kagenza yabwiye igihe ko barimo bakora amashusho mbarankuru ubwo abaturage ba Etiyopiya baberekaga uyu mugore
| null |
TTS 1_31
|
Abatoza b'ikipe ya Musanze bafite akazi gakomeye ko gusezerera ikipe ya mbere yo muri Afurika y’Epfo
| null |
TTS 1_32
|
ni nayo izagaragaraho indirimbo yitwa "Umwana w’umuhanda" yasubiranyemo na Aline Gahongayire
| null |
TTS 1_33
|
Nahisemo ko umugore wanjye ayiyobora kuko ari we muntu wa mbere twumvikana
| null |
TTS 1_34
|
Niba udakina neza kurusha abandi bakinnyi undi umuntu yafata umwanya wawe.
| null |
TTS 1_35
|
Ankubita urushyi ruremereye rwirangira ahita ankubitaho urugi aransohora ararira, araboroga.
| null |
TTS 1_36
|
Ubu bukwe bwabo bwabereye ku nkombe y’ikiyaga
| null |
TTS 1_37
|
U Rwanda rwafashe ingamba zitandukanye zo kubirwanya, ariko abaturage bavuga ko hakwiye kongerwa ibihano.
| null |
TTS 1_38
|
Ubugenzuzi bwakozwe n’ishami rishinzwe Ibiza ryasanze umukingo n’ibishingwe byaridutse bifunga umuhanda
| null |
TTS 1_40
|
Ati « Abandi bo baratunaniye bazi ko amatsinda ari ayo mu bishanga ».
| null |
TTS 1_41
|
Aho ni ugukomeza kumugusha mu cyaha , murabyumva nataha azakomeza kugikora
| null |
TTS 1_42
|
mu ntangiriro y' umwaka w 'amashuri bakorewe ubuvugizi bemererwa kwishyurirwa amasomo y' inyongera
| null |
TTS 1_43
|
Abakinnyi n’abandi bagize uruhare mu guteza siporo imbere batowe hifashishijwe imbuga nkoranyambaga.
| null |
TTS 1_44
|
Uru ruhinja rutaragira icyo rumenya ni rwo mbuto yasezeranywe
| null |
TTS 1_45
|
Mu marenga, umufasha wa Kagabo yabwiye Kalisa ko agomba kuryumaho
| null |
TTS 1_46
|
Goriyati yasengaga izuba, ukwezi cyangwa ikindi kintu cyose mu biri ku ijuru kandi narabibujije
| null |
TTS 1_47
|
watanze icyifuzo ko ubonye ubufasha wakwandika igitabo gikubiyemo ubuhamya bwawe
| null |
TTS 1_48
|
Mukakalisa yakubwiye ko Imana itari umuntu ngo ibeshye cyangwa ngo yivuguruze nk'uko abantu babikora, humura no kubikora izabikora.
| null |
TTS 1_49
|
izo mbonerakure zari zivuye ahitwa Ruziba zihangana n’abari mu myigaragambyo zibateramo igisasu
| null |
TTS 1_50
|
Kuva icyo gihe, imyitozo ya gisirikare ku mpande zombi yariyongereye.
| null |
TTS 1_51
|
ujye wibuka ko nugwa nzakubyutsa maze kuguseka
| null |
TTS 1_52
|
wambaye utya ugiye mu ishuri ntabwo waba wambaye neza
| null |
TTS 1_53
|
Bose bakurikiranyweho icyaha cyo gukoresha imfunguzo z'abandi n’icy’ubujura.
| null |
TTS 1_54
|
Ni ukugira ngo haboneke ingengo y' imari ihagije izakoreshwa bikabikwa ku buryo bwiza
| null |
TTS 1_55
|
Nehemiya ategeka abaherezabitambo gusuka ayo mazi hejuru y'inkwi
| null |
TTS 1_56
|
bose bari bicaye ku meza bakina amakarita
| null |
TTS 1_57
|
Mugabo yajyanywe mu kigo cya gisirikare akorerwa iyicarubozo mbere yo kwamburwa imyenda agasigara yambaye ikariso gusa
| null |
TTS 1_58
|
Nimwumve amagambo yabo yo kuramya ubwo baririmbaga bati uri Imana y'agakiza kacu
| null |
TTS 1_59
|
maze iminsi imodoka yanjye yarapfuye kuko yakoze impanuka.
| null |
TTS 1_60
|
Twashatse no kuzitiza abacuruzi ngo bazikoreshe turebe ko hari icyo binjiza turababura
| null |
TTS 1_61
|
Tereza yavuze ko bitari ngombwa ko abaturage bigaragambya nk'uko byagenze ko ahubwo hagombaga guhura impande zombi zigashaka igisubizo
| null |
TTS 1_62
|
bamwe baravunitse, undi aracyashidakanywaho n'ubwo imvune ye yakize
| null |
TTS 1_63
|
Abazitabira iki gikorwa bazasusurutswa n’umuririmbyi Sentore wiyita ’Rwamwiza baratira imihigo’.
| null |
TTS 1_64
|
ntacyo ikennye, kuko ari yo yahaye bose ubugingo, guhumeka n'ibindi byose batunze
| null |
TTS 1_65
|
Yavuze k'u Rwanda ahamya ko rufite ubushake bwo kubahiriza uburenganzira bw’umugore.
| null |
TTS 1_66
|
Ibi byatumye abaturage bategura imyigaragambyo mu bihe bitandukanye inagwamo abantu benshi.
| null |
TTS 1_67
|
Abandi ni Rugango waguye ku rugamba ari ingaragu, Tanzi, n’ undi mukobwa utaramenyekanye.
| null |
TTS 1_68
|
Muhizi yasohoye Alubumu ye mu myaka ine ishize mbere gato y’uko umugabo we atorerwa kuba Perezida
| null |
TTS 1_69
|
Iyi pasiporo Nyafurika izatuma abanyafurika batembera mu bihugu bigize uyu mugabane
| null |
TTS 1_70
|
Ati “Hari abaturage batazi ko gusaba umuriro bikorerwa ku biro by’Akagali ka Gihundwe bakihutira kujya ku Murenge
| null |
TTS 1_71
|
Twaramanutse arambwira ati ‘njye sinshobora kuguma aha ariko ntubibwire mama kuko atakwemera ko ngenda’.
| null |
TTS 1_72
|
Agatsiko gakorera cyane cyane muri Somaliya niko kohereje insoresore nyinshi ngo zifashe uwo mutwe
| null |
TTS 1_73
|
ni umushinga umaze igihe ukorana n’ikigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere ubuhinzi n’ubworozi
| null |
TTS 1_74
|
nubundi Isi yose n' u Rwanda bifatanijwe n’inkingi ziri mu mpera y’aho bihurira
| null |
TTS 1_75
|
mbere yo kumera umurizo yabonye ubutumwa bumuburira buturutse ku Mana
| null |
TTS 1_76
|
Ndamage wo mu ishyirahamwe ry’ abacuruzi ba zahabu na gasegereti niwe wahembwe nk’umucuruzi wasoze neza
| null |
TTS 1_77
|
imico umuntu yatojwe akiri muto niyo imugira intwari cyangwa ikigwari ku rugamba rw’ubu buzima
| null |
TTS 1_78
|
Uyu mugabo ukomoka muri Tanzaniya niwe wegukanye umwanya wa mbere.
| null |
TTS 1_79
|
Pawulo yabonaga Eliya nk’umwanzi we kuko yamucyahaga kubera ibyaha yakoraga rwihishwa
| null |
TTS 1_80
|
uwansubiza uko nari meze, igihe nari ntengamaye, nyir'ububasha ari we undinze
| null |
TTS 1_81
|
zizaba ziri kuri alubumu ye ya gatanu ateganya gusohora muri iyi minsi .
| null |
TTS 1_82
|
biremerera umubiri; kuko bidashobora guhindurwamo amaraso cyangwa ibigize imikaya, bigahinduka rero umutwaro k' umwijima,
| null |
TTS 1_83
|
umutoza Nduhirabandi yarabihinduye akuramo Kakira ashyiramo Murwanashyaka
| null |
TTS 1_84
|
Nyamara iyo ngiyo uwo muzungu ashaka yaruta izo mu Rwanda
| null |
TTS 1_85
|
Gutsinda ni ikintu cyubaka umubiri n'u bwenge buri munsi uritoza na buri joro ukagira ibyo wifuza.
| null |
TTS 1_86
|
bafasha kandi mu bijyanye n'imigenderanire, kwimenyereza hamwe n'imyitozo ya gisirikare mu gutabara.
| null |
TTS 1_87
|
Guca inyuma umukunzi wawe bikuraho icyizere yakugiriraga kuko uba wangije isezerano mwagiranye
| null |
TTS 1_88
|
Icyo kinyamakuru cyatangaje ko inzu zubakwa muri uwo mujyi zirenze izikenewe.
| null |
TTS 1_89
|
turifuza ko baduha utwo dufaranga twacu tukikenura n’abana bakarya maze tugasubira mu kazi kabo
| null |
TTS 1_90
|
abwira umuhinzi ati uyu mwaka ni uwa kane ndumbya
| null |
TTS 1_91
|
Ariko byose byashoboka igihe Leta y’u Rwanda yakwemera gutanga Ndekezi.
| null |
TTS 1_93
|
Yahise yandika n’umuziki ahereye kuri iyo ndirimbo igitaramo kiryohera buri wese.
| null |
TTS 1_94
|
Habyarimana yavuze ko imikorere mibi y’abo bayobozi bayibwirwaga n’abaturage.
| null |
TTS 1_95
|
Agira ati “Twebwe turi abasirimu n' imyumvire yacu irasobanutse."
| null |
TTS 1_96
|
ukuntu uhamagara kugirango umenye uko meze nyuma y'ijoro rinini birandyohera.
| null |
TTS 1_97
|
bwajyanwe hirya no hino n'intumwa z'umwami zinyura mu gihugu cya Efurayimu n'icya Manase
| null |
TTS 1_98
|
yasobanuye ko uyu munyarwanda afite uburambe kuburyo Sudani y’Epfo yakungukiramo byinshi aramutse akoreshejwe
| null |
TTS 1_99
|
Ubutegetsi bubajwe nuko abo bakinnyi bimutse badakoze amarushanwa
| null |
TTS 2_1
|
ibyo rero bizatuma mushishikarira kwitanga ngo mukurikize ubushake bw'Imana musabwa n'ijambo ryayo
| null |
TTS 2_2
|
Turabasaba kubohoka bakatubwira aho imibiri y’abazize jenoside iherereye hirya no hino tukayishyingura mu cyubahiro.
| null |
TTS 2_3
|
Ubutegetsi bwajyanye Furaha bumwambutsa iteme rya Rusumo ajya iNgara muri Tanzaniya.
| null |
TTS 2_4
|
Umurenge wa bigogwe mu karere ka Nyabihu uza ku isonga mukugira abana bagwingiye
| null |
TTS 2_5
|
Iki gitero gihuriranye n’urugendo Papa Faransisiko arimo muri Isiraheli
| null |
End of preview. Expand
in Data Studio
YAML Metadata
Warning:
empty or missing yaml metadata in repo card
(https://huggingface.co/docs/hub/datasets-cards)
- Downloads last month
- 41