PairID
stringlengths 14
21
| Language
stringclasses 9
values | Sentence1
stringlengths 2
790
| Sentence2
stringlengths 6
1.37k
| Length
int64 2
2
| Score
float64 0
1
|
---|---|---|---|---|---|
kin_train_00456
|
kin
|
Avuga ko icya mbere ari ukunamira abantu bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi nko “kubasubiza ubumuntu bwabo, kubasubiza agaciro bambuwe bicwa n’inyamaswa.”
|
Kugeza ubu abantu bazwi bazize Jenoside yakorewe Abatutsi bari mu bitaro bya Kabutare ni
| 2 | 0.62 |
kin_train_00457
|
kin
|
Yavuze ko mu gihe Abanyarusizi cyangwa Abanyarwanda muri rusange babanira neza abaturanyi, nabo bakababanira neza byaba byiza kurushaho kandi byagira inyungu ku mpande zimbi.
|
Ariko tubabaniye nabo bakatubanira byaba byiza kandi byagira inyungu."
| 2 | 0.56 |
kin_train_00458
|
kin
|
Ntuzatangazwe no kuba amuvuga nabi cyangwa neza uko yaba amuvuga kose ntibikuraho ko atamukimukunda kuko burya umuntu avuga uwo yatakereje.
|
Kuva mu myaka ya kera uyu mubano wahozeho kuko niwo uganisha ku kubaka urugo, ugakomeza kugenda neza cyangwa nabi bitewe n’amahitamo yaba nyiri urugo.
| 2 | 0.66 |
kin_train_00459
|
kin
|
Ibyo umukobwa urengeje imyaka 25 agomba kwitaho Munsi y’imyaka 20 ni igihe umuntu aba yuzuyemo uguhuzagurika n’amateka asekeje aranga abato.
|
Inkuru y’urubuga El Crema igaragaza ibintu 10 umukobwa urengeje imyaka 25 aba agomba kumenya kugira ngo imyitwarire ye itandukane n’iyo mu bwana.
| 2 | 0.56 |
kin_train_00460
|
kin
|
Si ubwa mbere ikibazo cyo guhemba igice kimwe cy'abakinnyi kigaragaye muri Rayon Sports kuko n'umwaka ushize cyavuzwemo cyane ndetse biteza umwuka utari mwiza.
|
Wari umukino Police yatangiye neza irusha cyane Kiyovu Sports ndetse inasoza igice cya mbere ku ntsinzi y’ibitego 3-
| 2 | 0.28 |
kin_train_00461
|
kin
|
Pasiteri Ntawiniga: Ndi umwana w’imfura iwacu, ariko nari umwana wananiye ababyeyi.
|
Pasiteri Ntawiniga: Nari mfite akazi keza ndi Umucungamutungo muri BRD nahembwaga amafaranga menshi, ariko nari mfite ikibazo cyo kutanyurwa n’ubuzima mbayeho.
| 2 | 0.53 |
kin_train_00462
|
kin
|
Ni mugihe muri manda ine ya komite nyobozi icyuye igihe, Mukura VS yegukanye igikombe cy’amahoro inasohokera u Rwanda mu mikino nyafurika ya CAF Championsleague.
|
Mukura VS ihagarariye u Rwanda muri Total CAF Confederation Cup kuko yegukanye igikombe cy’Amahoro 2018 itsinze Rayon Sports Penaliti 3-
| 2 | 0.5 |
kin_train_00463
|
kin
|
Mu iserukiramuco ‘Festival du cinéma africain de Khouribga’, hazanatangirwamo ibihembo bikomeye muri sinema, filime zo mu bihugu 14 bya Afurika zizerekanwa.
|
Jean Luc Fils Habyarimana ari mu bahataniye ibihembo bikomeye muri Maroc Sentore agiye kwitabira iserukiramuco ‘Festival du cinéma africain de Khouribga’
| 2 | 0.59 |
kin_train_00464
|
kin
|
Ni icyuma kiba gifite uburiri baryamishaho umuntu, kikagira ikindi gice hejuru gifite ijisho rifata ifoto ry’aharwaye.
|
Ni icyuma gihagaze, ariko cyagera hejuru kikagira igice cyinjizwamo ibere, ifite kandi ikindi gice kiba gicometseho mudasobwa ireberwamo ikibazo kiri mu ibere.
| 2 | 0.47 |
kin_train_00465
|
kin
|
Uyu Munya-Afurika y'Epfo ari mu bantu 23 batsinze irushanwa rya Space Academy Lynx Appolo.
|
Urubuga rwa internet rw'ikinyamakuru Jeune Afrique rwanditse ko uyu munsi, hasigaye gusa abanyamahirwe 23 batowe, kandi batsinze irushanwa Space academy Lynx Appolo.
| 2 | 0.36 |
kin_train_00466
|
kin
|
Ati “Nishimiye gutangaza ko Inama ya FIFA yemeje ko hazatangwa miliyari $5 ku mashyirahamwe yacu y’imikino muri ibi bihe bya COVID-”
|
FIFA yemeye guha amashyirahamwe y’imikino miliyari $5 yo kugoboka abakinnyi n’amakipe muri ibi bihe bya Coronavirus
| 2 | 0.78 |
kin_train_00467
|
kin
|
Umusifuzi Michael Olivier ntiyigeze amenyeshwa ko ari igitego ndetse ikoranabuhanga rya Goal-line Technologoy ryerekana ko umupira warenze umurongo ntiryabashije kubyerekana kuko abakinnyi bahakingirije.
|
Ishyirahamwe ry’Abasifuzi ba Premier League (PGMOL) ryavuze ko hatari kwitabazwa ikoranabuhanga rya VAR kandi umusifuzi atigeze amenyeshwa ko umupira ushobora kuba warenze umurongo.
| 2 | 0.44 |
kin_train_00468
|
kin
|
Mugiga ni indwara ivurwa igakira ariko iyo utinze kuyivuza ishobora kukwica cyangwa ikagusigira ubumuga butandukanye.
|
Ni indwara ivurwa igakira ariko kuko akenshi ifata hafi y’igitsina hari igihe abantu bayitindana, babuze umwanya cyangwa ubushobozi.”
| 2 | 0.41 |
kin_train_00469
|
kin
|
Yanashimiye by’umwihariko Perezida Paul Kagame wafashije u Rwanda kongera kwiyubaka ndetse ubu umunyarwanda aho ari hose akaba yarasubijwe agaciro.
|
Kuri 25 Kamena Perezida Mbasogo akaba yari yanakiriye mugenzi we w’u Rwanda Paul Kagame , ubwo yari yitabiriye inama y’Afurika yunze ubumwe.
| 2 | 0.34 |
kin_train_00470
|
kin
|
Dr Gishoma avuga ko abantu benshi cyangwa bose bahura n’ibibazo koko mu buzima, gusa ngo usanga bamwe baba bafite ibisubizo bitatu, bibiri se cyangwa kimwe.
|
Dr Gishoma avuga ko ibi bisobanuye ko abantu benshi babasha gukemura ibibazo bahura nabyo batiyahuye.
| 2 | 0.69 |
kin_train_00471
|
kin
|
Mu gihe umukoresha atabikoze cyangwa yagize impamvu zimubuza kubikora, iryo (...)
|
Mu gihe umukoresha atabikoze cyangwa yagize impamvu zimubuza kubikora, iryo menyeshwa rikorwa na nyir'ubwite cyangwa abamuhagarariye, mu gihe kitarenze imyaka ibiri impanuka ibaye.
| 2 | 0.72 |
kin_train_00472
|
kin
|
Umuyobozi wungirije wa IMF, Tao Zang yashimye uburyo u Rwanda rwitwaye mu nama rwagiriwe ndetse n’inguzanyo y’ingoboka rwahawe.
|
Yagize ati “U Rwanda rwitwaye neza mu nkunga y’ingoboka ndetse n’inama za PSI, kandi igihugu cyagize iterambere rigaragara mu kugabanya ikinyuranyo cy’ibiva hanze n’ibyoherezwayo.
| 2 | 0.38 |
kin_train_00473
|
kin
|
Iki kinyamakuru Maxsciences cyagaragaje ko ikirere kiduhishiye byinshi (...)
|
Ubwirakabiri bwakoze urugori rw'umuriro Iki kinyamakuru Maxsciences cyagaragaje ko ikirere kiduhishiye byinshi muri uku kwezi kwa Mata kuko ngo kwaba kwaranagaragayemo ubwirakabiri bw'ukwezi (eclipse lunaire).
| 2 | 0.59 |
kin_train_00474
|
kin
|
Kunywa amazi mbere cyangwa nyuma ho iminota 30 yo kurya bifasha umubiri gukora igogora neza ndetse bikanawufasha gukura intungamubiri mu byo wariye.
|
Kutanywa amazi bitera Impatwe (constipation) “Ese ujya wibuka kunywa amazi mbere cyangwa nyuma yo gufata amafunguro?”
| 2 | 0.69 |
kin_train_00475
|
kin
|
Imibare iherutse gushyirwa ahagaragara n’ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima (RBC), yagaragaje ko mu Rwanda abantu bakuru 187 280 barwaye diabetes.
|
Umuyobozi w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC), Dr Sabin Nsanzimana yasabye abantu gukomeza kwirinda kujya muri ibyo bibazo byo kurwara COVID-
| 2 | 0.28 |
kin_train_00476
|
kin
|
Umugabo n’umugore bakwiye gukora imibonano mpuzabitsina kangahe mu cyumweru?
|
Ikitonderwa: Umukobwa n’umusore bakoze imibonano mpuzabitsina baba banyuranyije n’amahame agenga umuryango mugari (society), abemerewe gukora imibonano mpuzabitsina ni umugabo n’umugore bashakanye.
| 2 | 0.38 |
kin_train_00477
|
kin
|
Iyi iPhone itatswe na diamant yo ku rwego rwa mbere ifite carat 6, zahabu z'umuhondo,umweru n'iroza zose zifite carat
|
Guhenda ku iyi telefoni si uko itatswe n'amabuye y'agaciro menshi kurusha izindi ahubwo n'uko igifuniko(case) cyayo gikozwe muri zahabu ifite Carat
| 2 | 0.66 |
kin_train_00478
|
kin
|
EBM yatumye imisoro yinjira yikuba kabiri Kuva utumashini dutanga inyemezabuguzi EBM twatangira gukoreshwa mu 2013, imisoro yakomeje kuzamuka kugeza yikubye hafi kabiri mu myaka itanu.
|
EBM ngo yatumye imisoro yinjira yikuba kabiri mu myakaa itatu ishize.
| 2 | 0.81 |
kin_train_00479
|
kin
|
Nzirimu James ushinzwe ubuvugizi bw'abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi muri CNLG, yavuze ko ahazaza heza h'u Rwanda hari mu biganza by'urubyiruko.
|
Nzirimu James, Umuyobozi ushinzwe ubuvugizi bw'abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi muri CNLG.
| 2 | 0.66 |
kin_train_00480
|
kin
|
Rugamba yishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi tariki ya 7 Mata 1994, hamwe n’umugore we n’abana batandatu bari bafitanye.
|
Abakinnyi 21 b’u Rwanda bari muri Mexique bose bavutse nyuma ya tariki ya 7 Mata 1994, ubwo Jenoside yakorerwaga Abatutsi yatangiraga, nyamara babaye Abambasaderi b’igihugu.
| 2 | 0.22 |
kin_train_00481
|
kin
|
Yagaragaje uburyo u Rwanda rukomeje gukora ibishoboka mu kwita ku banduye, abo bahuye bagashakishwa ngo bitabweho, nk’uburyo bufatika bwo guhangana na Coronavirus.
|
Iki cyemezo cyashimwe n'ikigega mpuzamahanga cy'imari (Fond Monetaire International) kubera ukuntu u Rwanda rukomeje gukora ibishoboka ngo rugabanye kugendera ku nkunga.
| 2 | 0.44 |
kin_train_00482
|
kin
|
Hagaragajwe uko guhera mu 1959 hashinzwe ibinyamakuru byinshi byo kubiba amacakubiri mbere ya za ‘Kangura’ Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Komisiyo y’igihugu yo kurwanya Jenoside (CNLG) Dr.
|
Jean Damascene Bizimana Umunyamabanga nshingwabikorwa wa Komisiyo y’igihugu yo kurwanya Genocide yavuze ko guhakana no gupfobya Genocide yakorewe abatutsi bikorwa n’ibyiciro byose by’Abanyarwanda.
| 2 | 0.47 |
kin_train_00483
|
kin
|
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, Olivier Nduhungirehe, yashimye akazi gakomeye kakozwe na Depite Juvénal Nkusi, mu myaka yose amaze akorera igihugu.
|
Depite Juvénal Nkusi, yahisemo kujya mu kiruhuko cy’izabukuru nyuma y’akazi gakomeye yakoreye igihugu”.
| 2 | 0.38 |
kin_train_00484
|
kin
|
Tariki 17 Mata 2000 nibwo Perezida Kagame yatowe n’Inteko Ishinga Amategeko ndetse n’abagize Guverinoma ngo asimbure Pasteur Bizimungu wari umaze ibyumweru bibiri yeguye.
|
Perezida Kagame kandi yagiranye ibiganiro na Perezida wa Sena y'Ubuholandi Ankie Broekers-Knol ndetse n'uw'Inteko Ishinga Amategeko Anouchka van Miltenburg, na Minisitiri w'Ububanyi n'amahanga Mr Bert Koenders.
| 2 | 0.41 |
kin_train_00485
|
kin
|
Umuyobozi w’ibitaro bya CHUK, Dr Theobald Hategekimana, yatangaje ko icyo ari igikorwa cy’ingenzi ndetse cyiza kuko indwara bavura zigoye kandi zikenera inzobere muri urwo rwego.
|
Umwe mu bana babazwe n'aba baganga Umuyobozi w’ibitaro bya CHUK, Dr Theobald Hategekimana, yatangaje ko iki ari igikorwa cy’ingenzi Dr.
| 2 | 0.75 |
kin_train_00486
|
kin
|
Tariki 28 Mata 2018 nibwo batashye inzu y’ uwacitse ku icumu rya Jenoside yakorewe Abatutsi yari igiye kumugwira ndetse banamugenera ibiribwa.
|
Rugamba yishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi tariki ya 7 Mata 1994, hamwe n’umugore we n’abana batandatu bari bafitanye.
| 2 | 0.38 |
kin_train_00487
|
kin
|
Abavoka bagize urugaga babanze gukora urugendo rwo kwibuka abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu
|
Mubikorwa biteganyijwe gukorwa n'iri huriro harimo kwifatanya n'Abanyarwanda n'amahanga kwibuka ku nshuro ya 22 Jenoside yakorewe Abatutsi mu
| 2 | 0.53 |
kin_train_00488
|
kin
|
Yabitangarije mu kiganiro cyihariye yagiranye n’umunyamakuru Muramira Regis wa City Radio mu kiganiro City Sports cyo kuri uyu wa Kane tariki 8 Ukwakira
|
Munyakazi Sadate yareze Radio 10 n’umunyamakuru wayo, Sam Karenzi, mu Rwego rw’Abanyamakuru Bigenzura ndetse impande zombi zitabye ku wa Kane tariki ya 17 Ukuboza
| 2 | 0.34 |
kin_train_00489
|
kin
|
Inkomoko y’insigamigani “Arigiza nkana” Uyu mugani bawuca iyo hagize umuntu wanga ikintu ku bushake nk’aho atakizi, akakireba kikangirika, nibwo bagira bati “Arigiza Nkana!”
|
Uyu mugani wegeka igihugu ho umuco wacyo, bawuca iyo bashaka gukemura impaka zishingiye ku migenzereze y’aha n’aha; nibwo bazikiranura bagira bati “Agahugu umuco, akandi umuco”.
| 2 | 0.31 |
kin_train_00490
|
kin
|
Minisitiri w'Intebe w'igihugu cya Santarafurika, Andre Nzapayeke, hamwe n'ingabo ziri mu butumwa bw'amahoro muri ivyo gihugu mu muhango wo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi.
|
Minisitiri w'Intebe w'igihugu cya Santarafurika, Andre Nzapayeke, ageza ijambo ku bitabiriye muhango wo kwibuka Jenoside.
| 2 | 0.81 |
kin_train_00491
|
kin
|
Rwatubyaye yanagarutsweho kuri Ambasade ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu Rwanda yamwifurije kugira amahirwe mu buzima bushya agiye gutangira muri Leta ya Missouri.
|
Beyoncé ni umwe mu baririmbyikazi bihagazeho muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika haba mu kugira igikundiro, imitungo n’ibindi bitandukanye.
| 2 | 0.19 |
kin_train_00492
|
kin
|
Umwe mu bana yavuze ko bari kumwe hafi y'inkombe ariko ko we atari azi koga hanyuma agwa mu mazi bamukuramo yapfuye.
|
Yagize ati "yanyereye ku bitare ahita agwa mu mazi ariko ntabwo yari azi koga yahise asoma amazi ahita apfa".
| 2 | 0.62 |
kin_train_00493
|
kin
|
Uretse kugeza amazi meza ku Banyarwanda no gutanga akazi, Jibu kandi ni umufatanyabikorwa muri gahunda za leta zitandukanye ahanini zigamije guteza imbere imibereho myiza y’abaturage.
|
Dukurikiza amategeko, twishyura imisoro kandi dukorana neza n'abategetsi mu ngamba bashyiraho bagamije guteza imbere imibereho myiza y'abaturage.
| 2 | 0.66 |
kin_train_00494
|
kin
|
Umuyobozi Mukuru w’iki kigo, Kayitare Celestin avuga ko mu nyandiko abantu bohererezanyaga zinyuze mu iposita hari harimo ibinyamakuru bikubiyemo ingengabitekerezo ya Jenoside.
|
Ati “hari uruhare abantu bashinja Iposita rwo gukwirakiza ibintu bikubiyemo Ingengabitekerezo ya Jenoside, ariko biraruhije kugira ngo ibe yarabikumiriye”.
| 2 | 0.66 |
kin_train_00495
|
kin
|
Guhera ubwo u Burusiya bwatangiye kwiyegereza icyo gihugu mu bya gisirikare kugeza aho bwanatanze umujyanama wihariye mu by’umutekano wa Perezida Faustin-Archange Touadéra.
|
Uko kwiyegereza Centrafrique k’u Burusiya ntikwashimishije na gato u Bufaransa, bwabaye muri icyo gihugu guhera mu bihe by’ubukoloni.
| 2 | 0.5 |
kin_train_00496
|
kin
|
Ingoro y'Umubyeyi Bikira Mariya yubatse I Crete Congo isurwa (...)
|
Ingoro ya Bikira Mariya i Crete Congo Nil [email protected]
| 2 | 0.75 |
kin_train_00497
|
kin
|
Abakinnyi ba Al Hilal Elobied basohotse bashyikirizwa ibyapa byavuzwe haruguru n’abafana bibumbiye muri Fan Club ya Mukura VS yiganjemo urubyiruko yitwa Generation MVS.
|
Iyo Fan Club ninayo yakiriye ikipe ya Mukura VS ku kibuga cy’indege babagenera ibyapa bibashimira uko bitwaye muri Sudani.
| 2 | 0.38 |
kin_train_00498
|
kin
|
Umuvugizi w’Itorero Zion Temple, Pasiteri Nzabakira Floribert yatangarije IGIHE ko hari amakosa Vuningoma yakoze agomba gusabira imbabazi akabona gusubira mu itorero.
|
Yagize ati “Vuningoma hari amakosa yakoze ni yo agomba gusabira imbabazi niba ashaka kugaruka[…]ni amakosa tutabwira itangazamakuru ariko arahari ”.
| 2 | 0.78 |
kin_train_00499
|
kin
|
Gentil Misigaro uzwi ku izina ry’ubuhanzi rya Gentil Mis yamenyakanye cyane mu ndirimbo Hari Imbaraga, Buri munsi na Hano ku isi yafatanyije na Adrien Misigaro.
|
Adrien Misigaro yamenyakanye mu ndirimbo nka ’Ntacyo Nzaba’ yafatanyije na Meddy, ’Twarahuye’, ’ Nkwite nde’ yafatanyije na The Ben n’izindi nyinshi.
| 2 | 0.28 |
kin_train_00500
|
kin
|
Yitaweho n’abaganga mu kigo cyagenewe kuvura Coronavirus ariko yaje gupfa azize kwangirika imyanya y’ubuhumekero.
|
Aba bombi bagaruwe mu Rwanda barembye cyane bitabwaho n’abaganga mu kigo cyagenewe kuvura Coronavirus ariko baza gupfa.
| 2 | 0.69 |
kin_train_00501
|
kin
|
Tony Blair wahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza nawe yavuze ko ibihugu byo mu Burengerazuba ntacyo byakoze, anashima intambwe u Rwanda rwateye rwiyubaka.
|
Minisitiri w’Ikoranabuhanga na Inovasiyo, Ingabire Paula, wavuze ko u Rwanda rwateye intambwe yo gukoresha drones muri serivisi zirimo iz’ubuvuzi.
| 2 | 0.19 |
kin_train_00502
|
kin
|
Iri rushanwa ryitiriwe kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Abagore usanzwe wizihizwa ku wa 8 Werurwe buri mwaka.
|
Abagore batabona bagaragaza ibyo bashoboye mu gihe u Rwanda n’isi muri rusange bizihiza umunsi mpuzamahanga wahariwe umugore, uba ku ya 8 Werurwe ya buri mwaka.
| 2 | 0.75 |
kin_train_00503
|
kin
|
Amen Like Fece book: Richard Buroyumutima Like Page:Gospel Tone Contact: 0722356430 (Whatsapp) From:Gethsemane Gospel Ministries
|
Umwarimu akaba n'umwigisha:Richard BUROYUMUTIMA From:Gethsemane Gospel Ministries Like facebook:Buroyumutima Richard Like page:Gospel Tone Ukeneye ibindi bisobanuro cyangwa gutanga ubwunganizi Contacts:0722356430 (Whatsapp);0781561919
| 2 | 0.31 |
kin_train_00504
|
kin
|
Yagize ati “U Rwanda rwitwaye neza mu nkunga y’ingoboka ndetse n’inama za PSI, kandi igihugu cyagize iterambere rigaragara mu kugabanya ikinyuranyo cy’ibiva hanze n’ibyoherezwayo.
|
Kuri ubu u Rwanda ruzigirwa mu nkingi enye zirimo Iterambere ry’Urwego rw’Abikorera, Guteza imbere ibyoherezwa hanze, uburyo igihugu cyishakamo ubushobozi ndetse n’iterambere ry’urwego rw’ubukungu.
| 2 | 0.25 |
kin_train_00505
|
kin
|
Mu mujyi wa Abidjan ho muri Côte d’Ivoire niho hari hateraniye abanyempano baturutse mu bihugu bitandukanye bya Afurika bikoresha ururimi rw’Igifaransa.
|
“The Voice Afrique Francophone” ni irushanwa ryo kuririmba ryitabirwa n’abanyempano baturuka mu bihugu byo muri Afurika bikoresha ururimi rw’Igifaransa.
| 2 | 0.59 |
kin_train_00506
|
kin
|
Perezida Kagame yavuze ko u Rwanda rwazamuwe n'abanyarwanda bose nta n'umwe uvuyemo, hatagendewe ku bushobozi bwa bamwe gusa.Akomeza yemeza ko ubushobozi bugaragara budaterwa n'ubunini bw'ikintu.
|
Perezida Kagame yavuze ko icya kabiri u Rwanda rwakoze ari ukorohareza abaturage kugera kwa muganga.
| 2 | 0.5 |
kin_train_00507
|
kin
|
CNN itangaza ko 5G izaba ifite umuvuduko uhambaye n’ubushobozi bwo kwifashishwa n’ibikoresho by’ikoranabuhanga byinshi icyarimwe kurusha uko bigenda kuri 4G LTE.
|
Ihuriro ry’Ibigo bikora mu bijyanye n’Ikoranabuhanga rya Telefoni, GSMA, ryatangaje ko 5G ifite umuvuduko uhambaye ushobora gukuba inshuro 10 internet ya 4G LTE.
| 2 | 0.69 |
kin_train_00508
|
kin
|
Hari abemeye ibyavuzwe n’umubyeyi wa Iradukunda Liliane ndetse baramunenga, bamwuzuzaho ibitutsi, ahinduka impyisi yiyambitse uruhu rw’intama isura ya Nyampinga w’u Rwanda yuzura ikizinga.
|
Niyoyankunze yavuze ko kugeza ubu atazi icyo Iradukunda Liliane yaba yarapfuye n’umubyeyi we kuko ajya kuba Nyampinga w’u Rwanda na nyuma y’aho bari babanye neza.
| 2 | 0.78 |
kin_train_00509
|
kin
|
Minisitiri w'Ubuzima, Agnes Binagwaho mu kiganiro n'abanyamakuru [email protected]
|
Ibitaro bya Gahini byibwemo umwana
| 2 | 0.31 |
kin_train_00510
|
kin
|
Aha niho Dr Nzabonimpa asanga gahunda yo kuringaniza urubyaro itakagombye guharirwa abubatse ingo bonyine ko ahubwo bireba abantu b'ingeri zose.
|
Dr Nzabonimpa avuga ko Minisiteri y'ubuzima izakomeza gahunda yo gushishikariza abanyarwanda kuringaniza urubyaro nibura buri mwaka hakajya havuka abantu bakuzura umurenge gusa.
| 2 | 0.59 |
kin_train_00511
|
kin
|
Turi gukora ibishoboka byose ngo hagaragare impamvu yayo, kandi Polisi y'u Rwanda yiteguye gufatira ibyemezo abapolisi babigizemo uruhare."
|
Yakomeje yizeza ko Leta y'u Rwanda izakomeza gufasha Polisi y'u Rwanda muri ibi bikorwa byose bituma ikomeza gukora kinyamwuga hagamijwe kuburizamo, kurwanya no gukumira ibyaha.
| 2 | 0.47 |
kin_train_00512
|
kin
|
Uyu muyobozi avuga ko amenshi muri ayo mafaranga azatangwa na Leta y'u Rwanda kuko ariyo ifite uruhare mu itegurwa ry'iyi mikino.
|
Umuyobozi wa FERWAFA avuga ko amafaranga azagenda kuri CHAN amenshi azatangwa na Leta y'u Rwanda.
| 2 | 0.41 |
kin_train_00513
|
kin
|
Amen Like Fece book: Richard Buroyumutima Like Page:Gospel Tone Contact: 0722356430 (Whatsapp) From:Gethsemane Gospel Ministries
|
Buroyumutima Richard Like page: GOSPEL TONE Like Face book: Richard Buroyumutima Contact: 0722356430 ( Whatsapp)
| 2 | 0.56 |
kin_train_00514
|
kin
|
Ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku buzima (OMS/WHO) rivuga ko muri Afurika ubu hamaze kwemezwa abantu 1,117 banduye Covid-19 bari mu bihugu 42 by’Afurika.
|
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima OMS rivuga ko buri mwaka indwara z’umutima na stroke byica abantu miliyoni 17 ku Isi.
| 2 | 0.12 |
kin_train_00515
|
kin
|
Ibi Minisitiri w'Intebe Anastase Murekezi yabivuye mu muhango wo kwizihiza umunsi mpuzamahanga w'impunzi, umunsi wizihijwe kuri uyu wa mbere tariki 20 Kamena
|
Kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w'Umurimo mu Rwanda bizabanzirizwa n'icyumweru cyahariwe umurimo kizatangira tariki ya 25 Mata kugeza tariki ya mbere Gicurasi
| 2 | 0.25 |
kin_train_00516
|
kin
|
Ibyo bashingiraho basaba ko aba bayobozi begura harimo kuba barananiwe gukemura ibibazo bivugwa muri ADEPR Ishami rya Uganda n’iryo ku Mugabane w’u Burayi.
|
Mu myanzuro PAC yari yafashe harimo kuba Minisiteri y'Ubuzima yarangije gukemura ibibazo bivugwa muri Faysal bitarenze amezi atatu.
| 2 | 0.12 |
kin_train_00517
|
kin
|
Begereje mu Kibali Rubango abwira bagenzi be ati "Noneho tuze kugenda ku kirengarenga nibigera mu mataha y’inka tube tugeze kwa Gihwa, kuko nta handi nzaguranira!
|
Bamaze kugenda Rubango abwira bagenzi be ati "Mureke abe ari jye ujyayo jyenyine na mwe mukenyere mwitegure tuze kubasiga.
| 2 | 0.62 |
kin_train_00518
|
kin
|
Ibisumizi byabanje kunyura hirya no hino mu mirenge bashishikariza abaturage kwitabira gutaha Sitade Huye [email protected]
|
Umutima warawibye urawujyana Nanjye ubwanjye, oya, sinkimenya Icyo nzi cyo gusa, waranjyanye KANDA HANO USHOBORE KUMVA
| 2 | 0.16 |
kin_train_00519
|
kin
|
Perezida Kagame kandi yagiranye ibiganiro na Perezida wa Sena y'Ubuholandi Ankie Broekers-Knol ndetse n'uw'Inteko Ishinga Amategeko Anouchka van Miltenburg, na Minisitiri w'Ububanyi n'amahanga Mr Bert Koenders.
|
Perezida Kagame aganira na Minisitiri w'Ububanyi n'amahanga w'Ubuholandi Perezida Kagame aganira na Perezida wa Sena ndetse n'uw'Inteko Ishinga Amategeko
| 2 | 0.56 |
kin_train_00520
|
kin
|
Yatangaje kandi ko Uwimana afungiwe ku sitasiyo ya Polisi ya Mukamira ndetse n'ibyafashwe akaba ari ho bibitse mu gihe iperereza rikomeje.
|
Abafatiwe muri Rubavu bafungiwe kuri sitasiyo ya Polisi Gisenyi ndetse n'ibyafashwe akaba ari ho bibitse.
| 2 | 0.5 |
kin_train_00521
|
kin
|
Amiel, izina ry’umuhungu udakunda gufatirwa ibyemezo Amiel ni izina rihabwa abana b’abahungu rikaba rikomoka mu rurimi rw’Igiheburayo aho risobanura ngo ‘Imana iri kumwe n’abantu banjye.’
|
Keila, izina ry’umukobwa ukunda kubaho mu buzima bwiza Izina Keila rikomoka mu Rurimi rw’Igiheburayo rikaba ryarakunze no gukoreshwa cyane muri Bibiliya rigereranywa n’inyubako nini.
| 2 | 0.25 |
kin_train_00522
|
kin
|
Polisi y’u Rwanda n’ikigo cy’igihugu gishinzwe iteganyagihe mu Rwanda ntibasiba gukangurira abanyarwanda kwirinda ibintu byose byatuma bagira ibyago byo gukubitwa n’inkuba.
|
Polisi y’u Rwanda nayo ikoresheje imbuga nkoranyambaga zayo ikaburira abantu ibyo bagomba kwirinda kugira ngo bagabanye ibyago byo kuza gukubitwa n’inkuba muri iyo mvura.
| 2 | 0.78 |
kin_train_00523
|
kin
|
Ikigo cy'igihugu cy'imisoro n'amahoro (RRA) kivuga ko kudatanga inyemezabuguzi bigira ingaruka ziremereye kuko bituma igihugu kitagira ubwigenge nyakuri bwo kwihaza mu ngengo y'imari ya Leta.
|
Kudatanga inyemezabuguzi ntibigira ingaruka ku bacuruzi gusa ahubwo ingaruka zikomeye ziza ku gihugu kuko bikivutsa ubwigenge nyakuri bwo kwihaza mu ngengo y'imari.
| 2 | 0.5 |
kin_train_00524
|
kin
|
Ubu bwoko bushya bwa coronavirus bwahawe izina rya Covid-19 buri mu bwoko bwa za virusi cyangwa udukoko duto cyane tutaboneshwa amaso, bita corona.
|
Covid-19 buri mu bwoko bwa za virusi cyangwa udukoko duto cyane tutaboneshwa amaso
| 2 | 0.66 |
kin_train_00525
|
kin
|
Bizimana Jean Damascene yavuze ko ikinyamakuru cyitwaga ‘Ijwi rya rubanda rugufi’ cyasohotsemo amategeko 10 y’abahutu aricyo cya mbere cyatangiye kubiba urwango mu banyarwanda.
|
Dr Bizimana avuga ko mu nyandiko za mbere zirimo iyo ku wa 27 Nzeri 1959 y’Ijwi rya rubanda rugufi yasohotsemo amategeko 10 y’Abahutu.
| 2 | 0.62 |
kin_train_00526
|
kin
|
Abahakana n’abapfobya Jenoside, ntibagira isoni zo kuvuga ko Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994, yatewe n’ihanurwa ry’indege ya Perezida Habyarimana.
|
Perezida wa Sena Bernard Makuza, yashimangiye ko igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, ari uburyo bw'ibanze bwo kurwanya Jenoside n'ingengabitekerezo yayo no kuyikumira.
| 2 | 0.44 |
kin_train_00527
|
kin
|
Minisitiri w'Urubyiruko n'Ikoranabuhanga Jean Philbert Nsengimana yahamagariye urubyiruko rw'u Rwanda guharanira amahoro by'umwihariko nk'abakomoka mu gihugu cyaciye mu bihe bya Jenoside yakorewe Abatutsi mu
|
Ku ruhande rw'u Rwanda, Nsengimana Jean Philbert, Minisitiri w'urubyirukon'ikoranabuhanga mu isakazabumenyi, yavuze ko kugeza ubu u Rwanda rufite umwanya mwiza mu gukoresha ikoranabuhanga muri Afurika.
| 2 | 0.69 |
kin_train_00528
|
kin
|
Abakobwa bari guhugurwa ku ku kubyaza umusaruro ikoranabuhanga Mayor wa Bugesera Rwagaju Louis
|
Iri tangazo ryashyizweho umukono na Stella Ford MUGABO Ministiri Ushinzwe Imirimo y'Inama y'Abaminisitiri
| 2 | 0.12 |
kin_train_00529
|
kin
|
Gutanga inka, gukura ubwatsi, izingiro ry'urukundo mu banyarwanda Yanditswe kuya 22-01-2014 saa 14:38' na Rene Anthere Rwanyange Agasozi umuco akandi umuco.
|
Yanditswe kuya 6-02-2014 saa 11:36' na Rene Anthere Rwanyange Hari umukozi ushobora kugira impanuka ku kazi maze ntibimenyeshwe Ikigo cy'Ubwiteganyirize(RSSB).
| 2 | 0.22 |
kin_train_00530
|
kin
|
Ikintu cyose kigiye ntikigaruke bari babyizeye, bati "Cyagiye nka Nyombeli" Mbese ibigiye mahera byose bikazimirana amazeze, bati "Byagiye nka Nyombeli!"
|
Ikintu cyose kigiye ntikigaruke kandi bari babyizeye, bati "Cyagiye nka Nyombeli."
| 2 | 0.88 |
kin_train_00531
|
kin
|
Nubwo bimeze bityo, imyaka 25 ishize u Rwanda ruvuye muri Jenoside yakorewe Abatutsi, ni nk’ikinyejana, ukurikije imiturirwa imaze kuzamurwa, ikaba yarahinduye isura y’Umujyi wa Kigali.
|
Niwe wahaye ibirari bikomeye Jenoside, igategurwa imyaka myinshi, ibyo byose nibyo byashoreye u Rwanda birugeza kuri Jenoside yakorewe Abatutsi mu wa
| 2 | 0.44 |
kin_train_00532
|
kin
|
Frederick Odhiambo wa Intel na Nadia Uwamahoro Bamwe mu rubyiruko bitabiriye ibiganiro [email protected]
|
Bugingo yavuze ko u Rwanda rutegereje igisubizo kizava muri CAF
| 2 | 0.28 |
kin_train_00533
|
kin
|
Tariki ya 15 Gicurasi 2014 nibwo Rayon Sports yasinyanye amasezerano y’imyaka itatu na SKOL yemeye kujya itanga miliyoni 47 Frw buri mwaka muri iyi kipe.
|
Mu 2017, nibwo hasinywe amasezerano mashya ya miliyoni 66 Frw buri mwaka mu gihe cy’imyaka itanu.
| 2 | 0.53 |
kin_train_00534
|
kin
|
Umuyobozi ushinzwe ubucuruzi n'Iterambere mu Kigo Nfrnds, Caylee Talpert, yatangaje ko bahisemo u Rwanda kuko hari aho rumaze kugera mu guteza imbere ikoranabuhanga.
|
Mu by’ingenzi u Rwanda rwari rukeneye cyane, hari hariho gushyiraho Itegeko Nshinga, kubaka inzego z’ubuyobozi, guteza imbere ubukungu, uburezi, imibereho myiza y’abaturage, ubuzima n’ibindi.
| 2 | 0.31 |
kin_train_00535
|
kin
|
Nayikoze n’umusore ariko nta maraso yigeze ava nkuko nabyaga mbibwirwa ko iyo umukobwa akoze imibonano mpuzabitsina bwa mbere ava amaraso kuko Hymen icika.
|
Dr Iba yadusobanuriye ko buri gihe umukobwa akoze imibonano mpuzabitsina nibura inshuro imwe aba atakiri isugi, yava amaraso cyangwa se ntayave.
| 2 | 0.72 |
kin_train_00536
|
kin
|
Tanya avuga ko impamvu byatwaye amezi 8 ngo yongere kwiyumvamo ko ashaka gukora imibonano mpuzabitsina ariko amaze kubyara yagize ipfunwe ry’ uko abantu bamubona.
|
Impamvu zitera umugore kutagira ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina Muri iki gihe abantu benshi bahura n’ingorane zitandukanye,haba uburwayi ndetse n’imikorere mibi y’umubiri.
| 2 | 0.46 |
kin_train_00537
|
kin
|
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi, ushinzwe amashuri y’imyuga n’ubumenyingiro, Rwamukwaya Olivier Nta shyaka abarizwamo
|
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi ushinzwe amashuri abanza n’ayisumbuye, Munyakazi Isaac (PDI)
| 2 | 0.47 |
kin_train_00538
|
kin
|
Umutima warawibye urawujyana Nanjye ubwanjye, oya, sinkimenya Icyo nzi cyo gusa, waranjyanye II.
|
Umutima warawibye urawujyana Nanjye ubwanjye, oya, sinkimenya Icyo nzi cyo gusa, waranjyanye KANDA HANO USHOBORE KUMVA
| 2 | 0.84 |
kin_train_00539
|
kin
|
Ni indwara nshya idasanzwe ku buryo idafite umuti cyangwa urukingo, cyakora Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima ryatangaje ko hari gukorwa ubushakashatsi.
|
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS) ryemeje ku wa 11 Werurwe 2020 ko Coronavirus ari icyorezo cyugarije Isi bitewe n’ubwiyongere bw’abayandura.
| 2 | 0.59 |
kin_train_00540
|
kin
|
Umwe mu nshuti ze za hafi avuga ko Vanessa yagerageje ibishoboka byose ngo asubirane n’umukunzi we Kabalu ariko bikanga bikaba iby’ubusa, bikamuviramo agahinda gakabije (depression).
|
Hari umugabo umwe wahoraga abwira umugabo we ko atamwubaha umugore agakora ibishoboka byose ariko umugabo agahora avuga atyo.
| 2 | 0.41 |
kin_train_00541
|
kin
|
Huawei yamaze kugeza ikirego cyayo mu rukiko rw'i California muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ndetse n'urwo mu mujyi wa Shenzhen mu Bushinwa.
|
Mu buzima bwe, Perezida Kagame yabaye imyaka myinshi mu bihugu birimo Uganda ndetse na Leta Zunze Ubumwe za Amerika aho bakoreshaga icyongereza mu kigwi cy'Ikinyarwanda.
| 2 | 0.31 |
kin_train_00542
|
kin
|
Kugira ngo umuntu rera abashe kuba yakora ubukwe agamije kurushunga rugakomera, hari ibibazo aba agomba kubanza kwibaza mbere yo kubyishoramo dore ko ari n'imishinga itoroshye.
|
“ Hari ubumenyi n’ibyangombwa birimo umunzani umucuruzi wa gaz agomba kuba agaragaza mbere yo kuyicuruza, kugira ngo bikumire impanuka ku bantu bose bazayigura”.
| 2 | 0.34 |
kin_train_00543
|
kin
|
Iyo mibiri yabonetse mu byobo bitandukanye biri iruhande rw’inyubako z’ikibuga cy’indege cya Rubavu na Stade umuganda.
|
Ahari gukurwa iyi mibiri ni iruhande rw’inzu yari icumbitsemo abashinzwe kurinda ikibuga cy’indege cya Gisenyi, hakaba hafi ya Stade Umuganda.
| 2 | 0.78 |
kin_train_00544
|
kin
|
Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Iburengerazuba yashimiye umumotari watanze amakuru, aboneraho gushimira abamotari uruhare bakomeje kugaragaza mu kurwanya ibyaha.
|
Ati “Turashimira abaturage muri rusange ariko by’umwihariko abamotari bo muri iyi Ntara ku bufatanye bakomeje kugaragaza mu kurwanya ibyaha.
| 2 | 0.62 |
kin_train_00545
|
kin
|
Gusa iri rushanwa rizitabirwa n'amakipe 2 gusa u Rwanda na Etiyopiya(Ethiopie) .
|
Iri rushanwa riratangira kuri uyu wa gatandatu aho aya makipe 2 u Rwanda na Etiyopiya(Ethiopie) bazishakamo itsinda ikazerekeza mu marushanwa nyafurika Afrobasket U-
| 2 | 0.72 |
kin_train_00546
|
kin
|
Nyuma yo kugera muri Kenya, Muhirwa Freddy, Visi Perezida wa Rayon Sports yasobanuriye abanyamakuru ko abakinnyi biteguye neza ndetse ko bafite umwuka wo gutsinda umukino.
|
Muri 2018, nibwo Rayon Sports iheruka kwitwara neza ndetse ikora amateka yo kugera muri ¼ cya CAF Confederation Cup.
| 2 | 0.38 |
kin_train_00547
|
kin
|
Iki kigo nderabuzima gishya kandi gifite ibibazo by’abakozi kuko ku bakozi 15 bagomba kuba bahari bafite icyenda gusa.
|
Ibyo nabyo ngo bikagira ku itangwa rya serivise, kuko Iki kigo nderabuzima gifite abaforomo umunani mu bakozi 30 gifite.
| 2 | 0.5 |
kin_train_00548
|
kin
|
Mu mezi atandatu ya mbere ya 2016 hoherejwe amabuye angana na toni ibihumbi 13 zivuye kuri toni ibihumbi 79 mu gihe nk'iki cya
|
Muri Mutarama kugeza Kamena hoherejwe toni ibihumbi 03, mu gihe nk'iki cya 2016 hoherezwa toni igihumbi
| 2 | 0.5 |
kin_train_00549
|
kin
|
Museruka Joseph, uyobora Koperative "Umwarimu SACCO" avuga ko bamaze gutanga inguzanyo ku barimu ibihumbi
|
Museruka Joseph, uyobora Koperative "Umwarimu SACCO" avuga ko koperative ayobora yahaye inguzanyo abarimu ibihumbi 44 ku barimu ibihumbi 60 b'abanyamuryango.
| 2 | 0.81 |
kin_train_00550
|
kin
|
Kwinjira muri iki gitaramo ni 5 000 Frw ahasanzwe n’ibihumbi 15 000 mu myanya y’icyubahiro ariko bikaba 20 000Frw ku bazagura amatike ku munsi w’igitaramo.
|
Kwinjira bizaba ari 000 FRW mu myanya y’icyubahiro na 5 000 FRW ahasigaye hose.
| 2 | 0.41 |
kin_train_00551
|
kin
|
Ihuriro ry’Ibigo bikora mu bijyanye n’Ikoranabuhanga rya Telefoni, GSMA, ryatangaje ko 5G ifite umuvuduko uhambaye ushobora gukuba inshuro 10 internet ya 4G LTE.
|
Umuyoboro wa 5G uhanzwe amaso n’Isi kuko uzafasha cyane mu gukoresha internet inyaruka bidasanzwe Internet ya 5G izaba ifite ubushobozi bwikubye inshuro 10 iya 4G
| 2 | 0.81 |
kin_train_00552
|
kin
|
Hari inyigo kandi yo kubaka urugomero rwa Rusizi III u Rwanda ruhuriyeho na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’u Burundi, rukazatanga MW
|
James Kabarebe yagarutse ku buryo u Rwanda rwigeze kuyobora Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bigatuma agirwa Umugaba mukuru w’ingabo z’ibyo bihugu byombi, ibintu bidakunze kubaho.
| 2 | 0.34 |
kin_train_00553
|
kin
|
Wari uzi ko impumuro mbi mu bice bitandukanye by’umubiri ishobora kukwereka uburwayi waba ufite ?
|
Impumuro mbi mu bice bitandukanye by’umubiri ugomba kwitondera no kwihutira kugana kwa muganga
| 2 | 0.84 |
kin_train_00554
|
kin
|
U Rwanda rwahise rufata umwanya wa mbere mu itsinda B kuko rwari rwatangiye rutsinda Sudani y’Epfo ibitego 3-0 mu mukino wabaye ku Cyumweru.
|
Undi mukino wo mu itsinda B wabaye kuri uyu wa 21 Kanama 2019, warangiye Tanzania inyagiye Sudani y’Epfo ibitego 6-
| 2 | 0.44 |
kin_train_00555
|
kin
|
Rugamba ahinga Watermelon zifite ubunini bwihariye… hari n’ipima 15 KG - AMAFOTO Rugamba Audace ni umusore ukiri muto ukora umwuga w’ubuhinzi bwa Watermelon.
|
Watermelon Rugamba yeza zifite ubunini bwihariye
| 2 | 0.88 |
Subsets and Splits
No community queries yet
The top public SQL queries from the community will appear here once available.