PairID
stringlengths 14
21
| Language
stringclasses 9
values | Sentence1
stringlengths 2
790
| Sentence2
stringlengths 6
1.37k
| Length
int64 2
2
| Score
float64 0
1
|
---|---|---|---|---|---|
kin_train_00656
|
kin
|
Hari kandi moteri enye nini (4 generators of 2,000 KVA) zitanga umuriro mu gihe usanzwe ubuze, hari n’ibigega bibika amazi agera kuri metero cube
|
Babonye ko kandi tumwe mu duce tugize iyi virus dutaruka tukagera muri metero enye mu gihe hari utundi tuguma muri metero
| 2 | 0.22 |
kin_train_00657
|
kin
|
Ni ikintu umuntu agomba gukora atari uko bimujemo ahubwo agomba kubikora kuko aribyo Imana imushakaho.
|
Yari afite ubushobozi bwo kubikora kuko Imana iteganya imbaraga n’ ubushobozi kubo iha itegeko gukora ikintu runaka.
| 2 | 0.72 |
kin_train_00658
|
kin
|
Mazarati Jean Baptiste, yasabye abakora mu rwego rw’ubuvuzi kwitabira amahugurwa ahoraho ya CPD kugira ngo babashe kongera ubumenyi baba barakuye ku ntebe y’ishuri.
|
Mazarati Jean Baptiste, yasabye abakora mu rwego rw’ubuvuzi kwitabira amahugurwa ahoraho [email protected]
| 2 | 0.72 |
kin_train_00659
|
kin
|
Ibi bikoresho ngo bifite agaciro k'amafaranga y'u Rwanda arenga miliyoni imwe.
|
Mufti w’u Rwanda, Salim Hitimana, yavuze ko kuri uyu munsi mukuru w’igitambo inka n’ihene bizatangwaho igitambo bifite agaciro k’amafaranga y’u Rwanda arenga miliyoni
| 2 | 0.31 |
kin_train_00660
|
kin
|
Abakekwaho kumuhohotera kugeza ashizemo umwuka ni abagabo 4 bose bakaba bafungiye kuri sitasiyo ya Polisi ya Gatunda.
|
Aba basore 2 bombi bemera icyaha bakanagisabira imbabazi bavuga ko batazongera gukoresha urumogi kugeza ubu bakaba bafungiye kuri sitasiyo ya Polisi ya Kamembe.
| 2 | 0.39 |
kin_train_00661
|
kin
|
Ubukungu bw’u Rwanda uyu mwaka biteganyije ko buzazamuka kuri 2% buvuye kuri 1 % umwaka ushize.
|
IMF igaragaza ko ubukungu bw’u Rwanda buzazamuka kuri 8 % mu mwaka wa 2019 na 8% muri
| 2 | 0.5 |
kin_train_00662
|
kin
|
Mu bizamini bisoza amashuri abanza abakobwa batsinze ku kigero cya 55,1% naho abahungu batsinda ku kigero cya 44,9%.
|
Mu bizamini bisoza icyiciro cya mbere cy'amashuri yisumbuye(tronc commun) abakobwa batsinze ku kigero cya 52,10% naho abahungu batsinda ku kigero cya 47,8% ku ijana.
| 2 | 0.44 |
kin_train_00663
|
kin
|
U Rwanda na Uganda nibyo byafashe iya mbere bica iyo myenda, hakurikiraho Kenya na Tanzania n’u Burundi butarabyumva neza.
|
Kenya yahise ibona tike y'igikombe cy'Isi ihita inafata umwanya wa kabiri nyuma ya Misiri yabaye iya mbere naho u rwanda ruba urwa gatatu.
| 2 | 0.28 |
kin_train_00664
|
kin
|
Umukino ubanza wabereye i Kampaka, warangiye ikipe yo muri Uganda itsinze ibitego 3-0 mu gihe uwo kwishyura uteganyijwe kuri uyu wa Gatandatu.
|
Umukino APR FC yatsinzemo Mukura warangiye ari ibitego 2 kuri 1, mu gihe umukino ubanza Mukura yari yatsinze APR FC ibitego 2 ku busa .
| 2 | 0.34 |
kin_train_00665
|
kin
|
Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru Gatabazi Jean Marie Vianney, asanga abanymuryango b’iyi Koperative batakabaye bataka ubukene nyamara hari uburyo bashobora gukora imishinga ibabyarira inyungu.
|
Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru, Gatabazi Jean Marry Vianney, yabwiye abaturage ati “Tugomba kuboneza urubyaro dushaka ubuzima bwiza, ariko ntibigomba guhera mu magambo, bigomba gushyirwa mu bikorwa.”
| 2 | 0.34 |
kin_train_00666
|
kin
|
Cyabaye kuri iki cyumweru tariki ya 24 Nzeli 2017 i Remera ku Rusengero rwa Healing Center guhera i saa kumi n`imwe.
|
Iki gitaramo kizaba ku Cyumweru tariki ya 24 Ugushyingo 2013, muri Serena Hotel, aho kizatangira i saa kumi n'imwe z'umugoroba, gisozwe saa mbiri z'umugoroba.
| 2 | 0.25 |
kin_train_00667
|
kin
|
Nyuma yo gusezerana, abageni bazaba mu Mujyi wa Kigali igihe gito hanyuma basubire muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ari naho bazajya kuba.
|
Adrien ubusanzwe atuye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu mujyi wa Texas.
| 2 | 0.69 |
kin_train_00668
|
kin
|
Muri Nyakanga nibwo Ubuyobozi bwa Kiyovu Sports bwatanze ikirego muri Ferwafa, burega APR FC ko yasinyishije Nsanzimfura Keddy akiyifitiye amasezerano y’imyaka isaga itatu.
|
Hanzuwe ko Nsanzimfura Keddy ari umukinnyi wa APR FC kuko yamusinyishije amasezerano yemewe mu gihe aya Kiyovu Sports yo atemewe.
| 2 | 0.5 |
kin_train_00669
|
kin
|
Avuga ku buryo biteguye Sunrise FC, Robertinho yavuze ko utazaba ari umukino woroshye kuko Sunrise FC ifite abakinnyi bafite imbaraga n’ubunararibonye.
|
Ati " Sunrise ifite abakinnyi bafite imbaraga n’ibigango kandi bafite ubunararibonye.
| 2 | 0.5 |
kin_train_00670
|
kin
|
Agira ati “Bosenibamwe yafashwe akimara gutwika ubwiherero bwagombaga gukongeza igikoni n’inzu nini ya Pfabakuze.
|
Gusa ubwiherero bwagombaga gukongeza igikoni n’inzu nini.
| 2 | 0.38 |
kin_train_00671
|
kin
|
Kuri iyi nshuro hategerejwe kureba ubunyangamugayo n'ubushishozi buzakoreshwa nk'uko umuyobozi wa FERWAFA Nzamwita Vincent De Gaulle aherutse kubitangariza abanyarwanda.
|
NZAMWITA Vincent de Gaule: Umuyobozi wa FERWAFA DeGaule wiyamazanyaga nabandi Kandida bazwi nka NTAGUNGIRA Celestin Abega, Jean MBANDA n’abandi.
| 2 | 0.59 |
kin_train_00672
|
kin
|
Amoni Nsanzira n'abana be Foto:Rwaka Gaston
|
Ikindi gituma ihenda kandi ni diamant nini ifite ibara rijya gusa n'iroza (pink) iri munsi y'ikirango cya Apple. [email protected]
| 2 | 0.25 |
kin_train_00673
|
kin
|
( Mu mafoto) Pastor Sebagabo Leonard yagizwe Umunyamabanga Mukuru wa ADEPR mu Rwanda.
|
Pastor Sebagabo Leonard niwe watorewe kuba Umunyamabanga Mukuru wa ADEPR, atsindira ku majwi 57 kuri 62 y'abari bagize Inteko Rusange ya ADEPR ubwo yatoraga.
| 2 | 0.66 |
kin_train_00674
|
kin
|
Kuri ubu abarwayi bose bari kuvurirwa ahabugenewe, hanashakishwa abantu bose bahuye na bo kugira ngo na bo basuzumwe ndetse bitabweho n’inzego z’ubuzima.
|
Minisante ivuga ko “Aba bagaragaweho Coronavirus bose bahise bashyirwa mu kato kandi hakomeje gushakishwa abantu bose bahuye nabo kugira ngo basuzumwe ndetse bitabweho n’inzego z’ubuzima.
| 2 | 0.5 |
kin_train_00675
|
kin
|
Padiri Nahimana , Claire Nadine Kasinge na Venant Nkurunziza
|
Uko amacumbi yubakwa i Batsinda azaba ateye namara kuzura [email protected]
| 2 | 0.12 |
kin_train_00676
|
kin
|
Ku nshuro ya kabiri Iwacu Muzika Festival igiye kongera kuba, ariko izaba mu buryo butandukanye n’ubwa mbere.
|
Iwacu Muzika Festival ni ubwa kabiri igiye kuba, cyane ko mu mwaka wa 2019 yazengurutse mu ntara zose z’igihugu abahanzi batandukanye bashimisha abakunzi babo.
| 2 | 0.75 |
kin_train_00677
|
kin
|
Inshuti zawe ,umuryango ndetse n’akazi bisigaye bikurutira umukunzi wawe cyangwa uwo mwashakanye.
|
Ntukibona ikintu cyiza uvuga kuwo mwashakanye cyangwa umukunzi wawe mukundana ukibwira inshuti zawe , ahubwo usanga witotomba ndetse umuvuga nabi.
| 2 | 0.66 |
kin_train_00678
|
kin
|
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w'umurenge wa Muhoza, Manzi Jean Pierre nawe avuga ko icyishe Ndamiye kitaramenyekana.
|
Umunyamabanga nshingwabikorwa w'Umurenge wa Remera, Kalisa Jean Sauveur, avuga ko iki gihembo bagikesha abaturage bakorana n'ubuyobozi, ndetse n'irondo rikoranywe umwuga.
| 2 | 0.25 |
kin_train_00679
|
kin
|
Bakundaga kuvuga ngo “Muradukwera inka Ijana rikinze, cyangwa jana ryumanye” bakongera bati “Ni umunani ukinze cyangwa se umunani wumanye”.
|
Ijana rikinze cyangwa umunani ukinze ni “Inka umunani cyangwa ijana ziri kumwe n’izazo” Naho “Umunani cyangwa ijana ryumanye ni inka z’amashashahi ziteguye kwima.”
| 2 | 0.66 |
kin_train_00680
|
kin
|
Nsanzabera Jean de Dieu amaze gushyira ahagaragara igitabo gikusanya amateka y'u Rwanda kuva muri 300 kugeza mu
|
Nsanzabera Jean de Dieu amurika igitabo yanditse "Imizi y'u Rwanda"
| 2 | 0.75 |
kin_train_00681
|
kin
|
Nk’ubu umukire uri mu cyiciro cy’abo cyangwa unabarenze aramutse aguze imodoka ya miliyoni magana atanu z’amafaranga y’u Rwanda bishobobora kutagira icyo bihungabanya ku bukungu bwe.
|
Ni imodoka zibereye ijisho kandi zigurika kuko kuva ku mafaranga miliyoni zirindwi n’igice z’amafaranga y’u Rwanda umuntu yayigondera.
| 2 | 0.41 |
kin_train_00682
|
kin
|
Usengimana Faustin wa APR Fc na Manzi Thierry wa Rayon SPorts, abasore bakuranye Ndayishimiye Eric Bakame usanzwe ufatira Rayon Sports
|
Ndayishimiye Eric ‘Bakame’ yaherukaga gutangariza Funclub ko asaba Imana ko Rayon Sports yamwishyura amafaranga yatsindiye mu manza zabaye.
| 2 | 0.31 |
kin_train_00683
|
kin
|
Abana bitabiriye ari benshi umuhango wo kwibuka bagenzi babo bishwe muri Jenoside.
|
Umuhango wo kwibuka abana bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu karere ka Rutsiro waranzwe ahanini n'impanuro zitandukanye zatanzwe n'abana ubwabo baziha bagenzi babo.
| 2 | 0.59 |
kin_train_00684
|
kin
|
Hazakinwa gusiganwa n’igihe harebwe ibihe byakoreshejwe ariko umukinnyi ku giti ke “Individual Time Trial” ahazakina abakinnyi batandukanye mu byiciro byose.
|
Abanyarwanda bazongera gusiganwa kuri uyu wa Kane tariki 22 Ugushyingo 2018 aho buri mukinnyi azasiganwa n’igihe ku giti cye ’Individual Time Trial’.
| 2 | 0.53 |
kin_train_00685
|
kin
|
Muri make ibi bivuze kwemera umugabo uko ari ntushake kumuhindura kandi ukareba uruhande rwe rwiza ukaba arirwo witaho kurusha kwita cyane ku ruhande rwe rubi.
|
Umuntu wese akenera kumva ko nawe afite uruhande rwiza ndetse bikaba akarusho iyo urwo ruhande arirwo urebyeho kurusha urubi.
| 2 | 0.44 |
kin_train_00686
|
kin
|
Umuhoza w’imyaka 21 y’amavuko ni umwe mu banyamahirwe bamaze gutsindira amafaranga binyuze muri gahunda ya Tigo Rwanda yiswe ‘Imvura y’amafaranga’.
|
Iyi gahunda yiswe ‘Imvura y’amafaranga’ izamara iminsi 90, abafatabuguzi b’umurongo w’itumanaho wa Tigo bakazaba bafite amahirwe yo gukina bagatsindira amafaranga agera kuri miliyoni 20 Frw.
| 2 | 0.47 |
kin_train_00687
|
kin
|
Yaguzwe Miliyoni 10 z’amafaranga y’u Rwanda agomba kugabana n’ikipe ya Gasogi United yari amazemo umwaka umwe.
|
Ni umushinga amazemo imyaka ine, yashoyemo asaga miliyoni zirindwi z’amafaranga y’u Rwanda mu kugemeka ibi biti, kubishakira imiti no kubyitaho neza ngo bikure.
| 2 | 0.25 |
kin_train_00688
|
kin
|
Yabasabye kandi ko gutanga imbaraga zabo zose mu kuzuza inshingano zabo mu rwego rwo guteza imbere u Rwanda no guhindura u rwego ruriho.
|
Kuva mu myaka ishize kandi u Rwanda rwashyize imbaraga nyinshi mu guteza imbere urwego rwa serivisi no kongera amahirwe mu ishoramari hagamijwe izamuka rirambye ry’ubukungu.
| 2 | 0.34 |
kin_train_00689
|
kin
|
Musenyeri Rukamba yasabye abakirisitu gukundana no guharanira ijuru aho kwiringira iby'Isi
|
Josias Semujanga Bamwe mu bitabiriye imurika ry'igitabo
| 2 | 0.25 |
kin_train_00690
|
kin
|
Yanga SC yari imaze igihe yifuza uyu mukinnyi niyo yumvikanye na we ku masezerano y’imyaka ibiri ndetse Rutanga yamenyesheje Police FC ko yamureka akayerekezamo.
|
Rutanga Eric yerekeje muri Yanga SC yari imaze igihe kitari gito imwifuza Rutanga yari amaze ibyumweru bitatu asinyiye Police FC
| 2 | 0.72 |
kin_train_00691
|
kin
|
Abana bato nibo bafite ibyago byinshi byo kwandura izi nzoka zo munda, bitewe nuko bakinira ahantu hashobora kuba hari itaka ririmo amagi yizo nzoka.
|
Abantu bakuru nabo bafite ibyago byinshi byo kwandura izo nzoka bitewe nuko ubwirinzi bwabo bw’umubiri bugenda bugabanuka uko bakura.
| 2 | 0.69 |
kin_train_00692
|
kin
|
Mu by’ukuri icunga rituma umubiri ugira ubudahangarwa, rituma amaraso atembera neza mu mubiri atibumba, kandi ku bagira ikibazo cyo kwituma impatwe (constipation), wakwifashisha icunga rikabyoroshya.
|
Ituma amaraso atembera neza mu mubiri, igabanya ibinure mu mubiri kandi ifasha mu guta ibiro ku bashaka kurwanya umubyibuho ukabije.
| 2 | 0.38 |
kin_train_00693
|
kin
|
Depite Mureshyankwano yasabye abana b'iki gihe guharanira kuba intwari.
|
Depite Mureshyankwano asanga abantu bakuru barahaye urugero rubi abana, asaba abana b'iki gihe kutarukurikiza, ahubwo abashishikariza guharanira kuba intwari.
| 2 | 0.81 |
kin_train_00694
|
kin
|
Wari uzi ko hari imiti n’inyunganiramirire by’umwimerere bivura iyi ndwara ndetse bigatuma ubwonko bukora neza ?
|
Wari uzi ko hari imiti ndetse n’inyunganiramirire zikoze mu bimera zagufasha ku burwayi bw’umwijima ?
| 2 | 0.66 |
kin_train_00695
|
kin
|
Urutonde rw’ agateganyo ruyobowe na Rayon Sports ifite amanota 26, iri kugitutu cya mukeba wayo APR FC ifite amanota
|
APR FC niyo yakinnye ifite morale nyinshi kuko tariki 25 Gashyantare 2018 yari yatsinze mukeba Rayon Sports 1-0 mu mukino wa 11 wa Shampiyona.
| 2 | 0.31 |
kin_train_00696
|
kin
|
Umukino Rayon Sports yagombaga gukina na Kirehe ufungura shampiyona warasubitswe nyuma y'uko Rayon Sports igiye I Kirehe bagasanga nta basifuzi bahari ihitamo kwigarukira.
|
Aba bagabo bombi bari bahagaritswe imyaka ibiri Rayon Sports ikaba igomba gukina umukino w'umunsi wa 26 wa shampiyona nta mufana n'umwe uri mu kibuga.
| 2 | 0.41 |
kin_train_00697
|
kin
|
Perezida wa FC Barcelone yeguye Perezida w’Ikipe ya FC Barcelone, Josep Maria Bartomeu, yeguye nyuma yo gushyirwaho igitutu n’abafana kubera gushwana na Lionel Messi.
|
Perezida wa FC Barcelone, Josep Maria Bartomeu, yeguye kui uyu wa Kabiri Bartomeu yeguye mbere y'uko abafana ba FC Barcelone batorera kumutera icyizere
| 2 | 0.88 |
kin_train_00698
|
kin
|
Abo barwayi bashya 12 babonetse mu bipimo 1,283 bakaba barimo 9 babonetse muri Kigali, naho abandi 3 babonetse muri Kirehe.
|
Minisiteri y’Ubuzima yasobanuye ko abo barwayi bashya cumi na babiri barimo icyenda babonetse muri Kigali (abahuye n’abanduye), abandi batatu babonetse i Rubavu.
| 2 | 0.56 |
kin_train_00699
|
kin
|
Intego zayo zarimo gutanga serivisi zijyanye no kurinda ibidukikije, guhanga imirimo, guteza imbere ubukungu n’iterambere, gutunda imyanda y’ibisukika n’indi myanda inyuranye.
|
Muri Gahunda z'icyerekezo 2020, u Rwanda rugomba kuba rumaze kugera ku gutanga serivisi nziza, guhanga umurimo no guteza imbere imyubakire y'imijyi minini n'iciriritse.
| 2 | 0.34 |
kin_train_00700
|
kin
|
Iri shyaka risanzwe rihagarariwe mu nteko ishinga amategeko icyuye igihe, riri kwitegura amatora y’abadepite ateganyijwe ku wa 2 na 3 Nzeri
|
Amatora y’Abadepite ateganyijwe kuwa 2 Nzeri ku Banyarwanda baba mu mahanga no kuwa 3 Nzeri ku baba imbere mu gihugu.
| 2 | 0.5 |
kin_train_00701
|
kin
|
Ghana ikaba ikomeje kuyobora itsinda H n'amanota 10, izigamye ibitego 9 mu gihe u Rwanda rufite amanota 6 runganya n'Ibirwa bya Maurice.
|
U Rwanda ruzakina na Ghana kuwa Gatandatu, umukino wo mu itsinda H ry'amajonjora y'igikombe cy'Afurika kizabera muri Gabon mu
| 2 | 0.38 |
kin_train_00702
|
kin
|
Urusengero rwa Bishop Rugagi ni rumwe mu nsengero zisaga 700 ziherutse gufungwa mu mujyi wa Kigali zizira kuba zitujuje ibisabwa bishobora gutuma zanahungabanya umutekano w’abazisengeramo.
|
Hirya no hino mu gihugu, insengero zimaze gufungwa zizira kuba zitujuje ibisabwa zirabarirwa mu bihumbi.
| 2 | 0.59 |
kin_train_00703
|
kin
|
Aba baturage bagejejweho amazi meza bavuga ko bakoraga ibirometero bajya kuvoma Uwo muyoboro w’amazi meza watashywe,watwaye miliyoni 6,513,400RWf.
|
Umuyobozi w’Akarere ka Nyamasheke, Kamali Aime Fabien arahamagarira abo baturage kubungabunga uwo muyoboro w’amazi meza kugira ngo utazangirika bakongera kujya kuvoma ibiziba.
| 2 | 0.62 |
kin_train_00704
|
kin
|
Abanyarwanda bibumbiye mu Bicumbi bikuru by’imiryango, imiryango migari ndetse n’inzu z’imiryango.
|
Ibicumbi bikuru by’imiryango, nibyo byabyaye imiryango migari, naho imiryango migari ibyara inzu z’imiryango.
| 2 | 0.84 |
kin_train_00705
|
kin
|
Dr.Uwamahoro Yvonne wahagarariye u Rwanda bwa mbere muri Miss Supranational “Mu myaka yashize hari abakobwa batazambaraga, byose bituruka ku cyemezo umukobwa afata.
|
Mu 2015 yahagarariye u Rwanda muri Miss Supranational aza kuza mu bakobwa 10 ba mbere ndetse aba na Miss Supnarational Africa muri uwo mwaka.
| 2 | 0.56 |
kin_train_00706
|
kin
|
’Hearts at Worship’ cyangwa se Imitima mu Kuramya ni igitaramo yari yafashe nko kugaruka kweruye kwe mu buhanzi mu buhanzi ku giti cye.
|
Ni igitaramo yari yafashe nko kugaruka kweruye kwe mu buhanzi mu buhanzi ku giti cye.
| 2 | 0.5 |
kin_train_00707
|
kin
|
Turasaba abaturage bacu kubakira neza babaha ikaze kandi buri wese akabisangamo anabafasha mu buryo ashoboye".
|
Yagize ati "Nta muntu waje muri iri rushanwa watsinzwe buri wese yarakoze kandi yakoze neza umusaruro awubonera mu buryo Abanyarwanda banezezwa n'ibyo akora.
| 2 | 0.31 |
kin_train_00708
|
kin
|
Muri rusange kugeza kuri uyu wa Gatanu, abamaze kwandura icyo cyorezo mu Rwanda ni 3,742 muri bo abamaze gukira ni 1,866 naho abakivurwa ni 1,
|
Muri rusange kugeza kuri uyu wa Mbere abamaze gukira bose hamwe ni 1,392 naho abakivurwa ni
| 2 | 0.34 |
kin_train_00709
|
kin
|
Tesla yashyize ingufu nyinshi mu gukora imodoka zikoresha amashanyarazi, mu rwego rwo guhangana ku isoko ry’imodoka zisanzwe zikoresha ibikomoka kuri peteroli.
|
Mu myaka ya 2015 na 2016, Tesla yabaye Sosiyete ya kabiri ku isi yose mu gukora no kugurisha imodoka zikoresha ingufu z’amashanyarazi.
| 2 | 0.75 |
kin_train_00710
|
kin
|
Umurwayi wayo wa mbere yagaragaye mu Rwanda ku wa 13 Werurwe 2020, itahuwe ku Muhinde ukorera rimwe mu mashami y’Umuryango w’Abibumbye.
|
Kuva umurwayi wa mbere wa Coronavirus atahuwe mu Rwanda ku wa 14 Werurwe 2020, mu gihugu hamaze kuboneka abantu 82 banduye Coronavirus.
| 2 | 0.75 |
kin_train_00711
|
kin
|
Nyuma y'icyumweru kirengaho iminsi mike agarutse mu Rwanda, ndetse agahita asubukura ibikorwa by'umuziki aho yanamaze gushyira ahagaragara indirimbo ye yise ‘Kirazira', mu (...)
|
Kugeza ubu nyuma y'aho agarukiye mu muziki, yamaze gushyira ahagaragara indirimbo yise ‘Kirazira' yakozwe na producer Davydenko.
| 2 | 0.75 |
kin_train_00712
|
kin
|
Ntabwo hagaragajwe impamvu y’uko kugabanyuka ko gukora imibonano mpuzabitsina mu bashakanye ariko no mu bindi bihugu nka Leta Zunze Ubumwe za Amerika byaragabanyutse.
|
Coronavirus nta muti n’urukingo irabonerwa, ariko abaganga bo mu Bushinwa barakataje bashaka umuti ndetse n’abo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika batangiye kugerageza urukingo rwayo.
| 2 | 0.25 |
kin_train_00713
|
kin
|
Imaze gushyira hanze indirimbo zirenga 30, zirimo n’izasohotse kuri album yitwa ‘Usiogope’, yariho indirimbo umunani.
|
Ubu bamaze gushyira hanze indirimbo zirimo ‘Mpa Amavuta’ bahereyeho imaze no kurebwa n’abasaga miliyoni ku rubuga rwa Youtube, “Nkoresha”, “Ububyutse” na “Narakijijwe”.
| 2 | 0.34 |
kin_train_00714
|
kin
|
Gutemberana Gufata urugendo rurerure, ugatemberana n’umukunzi wawe ni byiza kuko bigufasha kumenyana byimbitse ndetse no kumenya uko yitwara igihe ahuye n’ikintu runaka kimugoye.
|
Kuganira n’inzobere mu mibanire y’imiryango Ni byiza gufata igihe mukaganira n’inararibonye mu bijyanye n’imiryango kuko hari byinshi muba mukeneye kumenya mutaratangira umuryango wanyu.
| 2 | 0.41 |
kin_train_00715
|
kin
|
Ati “Uyu mushinga uzaba ugizwe n’inzu ziteye ku buryo butandukanye, hari izizajya ziba zifite ibyumba bibiri, bitatu ndetse na bine.
|
Muri izo nzu harimo izizaba zifite ibyumba bibiri, bitatu na bine.
| 2 | 0.59 |
kin_train_00716
|
kin
|
BRD na Palmeraie Development Group bashyize umukono ku masezerano yo kubaka inzu 5,000 i Ndera
|
Ibicirizwa by'abakiri bayo irabibungabunga Bimwe mu bikoresho Romeobuy ibonera abakiriya bayo
| 2 | 0.31 |
kin_train_00717
|
kin
|
Uyu mukobwa w’imyaka 29 ni umwe mu banyamideli bakomeye bakomoka mu Rwanda bakorera aka kazi hanze y’u Rwanda.
|
Gakunzi ni umwe mu bahanzi bagezweho mu bakorera umuziki hanze y’u Rwanda.
| 2 | 0.34 |
kin_train_00718
|
kin
|
Murara Jean Damascène we yavuze ku wa 28 Kanama 1968 akaba afite impamyabumenyi y’icyiciro cya kabiri cya Kaminuza mu bumenyi bwa Politiki.
|
Yize mu yahoze ari Kaminuza y’u Rwanda kuva mu 1983 kugera mu 1988 aho yakuye Impamyabumenyi y’icyiciro cya kabiri cya Kaminuza mu bumenyi bw’imibare.
| 2 | 0.32 |
kin_train_00719
|
kin
|
Icyo gihe uyu mubyeyi wacitse ku icumu rya Jenoside yakorewe Abatutsi muri 1994, yari yizejwe ko inzu ye izuzura mu gihe cy'ukwezi kumwe gusa.
|
Mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, nibura Abanyarwanda barenga 95% bari barabatijwe.
| 2 | 0.39 |
kin_train_00720
|
kin
|
Abana bavutse bafatanye baratanga icyizere ko bazatandukanywa Nyuma y’amezi atatu Anastasie Kanakuze abyaye abana babiri bafatanye, hari icyizere ko abaganga bazabatandukanya bagakomeza bakabaho.
|
Ni uku aba bana bameze nyuma y’amezi atatu bavutse bafatanye
| 2 | 0.56 |
kin_train_00721
|
kin
|
Suge J Knight yavuze ko ari gukorana indirimbo nshya na Tupac muri studio ndetse atapfuye uri Nzeri 1996 nkuko byavuzwe.
|
Suge J Knight yatangaje ko abantu bakwiriye kwirinda ibihuha akorwa n’abanyamuryango ba Illuminati bafite imbaraga zidasanzwe ndetse basigaye bahimba imfu z’ibyamamare birimo n’uyu Tupac Shakur.
| 2 | 0.81 |
kin_train_00722
|
kin
|
Twashakanye dukundana tutanafite amafaranga menshi ariko buri umwe afite akazi akora.
|
Hari abandi benshi ariko bakundira umusore kubera ubutunzi afite cyangwa amafaranga menshi ahembwa buri kwezi.
| 2 | 0.47 |
kin_train_00723
|
kin
|
ariko Cyusa akomeza guhatiriza amubwira ati:"none se ko na Micheal wimariyemo birangiye akwanze urambwira ko uri kumpora iki?"
|
akomeza amubwira ati:"none se Cyusa wambabariye ukaza tukajyana ahantu nimugoroba!"
| 2 | 0.44 |
kin_train_00724
|
kin
|
Umuryango mpuzamahanga w’abanyamerika ugamije iterambere ku bufatanye n’abaterankunga banyuranye wamaze guhugura urubyiruko rw’abakobwa 30 bazakurikirana iki gikorwa bakanafasha abahinzi kwinjira muri iri koranbuhanaga.
|
Urubyiruko rw’abakobwa bagera kuri 30 bose bahuguwe n’umuryango mpuzamahanga w’abanyamerika ugamije iterambere (USAID) ku bufatanye n’abaterankunga banyuranye.
| 2 | 0.41 |
kin_train_00725
|
kin
|
Bashyira indabo ku Rwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Nyakarambi.
|
Abakozi ba COGEBANKI bashyira indabo ku mva z'abazize Jenoside yakorewe Abatutsi ku rwibutso rwo ku Gisozi.
| 2 | 0.47 |
kin_train_00726
|
kin
|
Aba bamasayi bagenda bacuruza mu mihanda itandukanye ibikoresho bikoze mu mpu birimo inkweto, imikandara, amakofi n'indi mitako itandukanye.
|
Hashize iminsi mu mujyi wa Kigali hagaragara abantu bo mu bwoko bw'abamasayi baba bazengurukana ibikoresho bikoze mu mpu birimo inkweto, imikandara yo kwambara n'amakofi.
| 2 | 0.78 |
kin_train_00727
|
kin
|
Premier League yari yahagaritswe muri Werurwe kubera icyorezo cya Coronavirus, yongeye gusubukurwa kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 17 Kamena 2020, nyuma y’iminsi
|
Guhera ku wa Mbere tariki ya 8 Kamena nibwo imikino yemewe gusubukura, yatangiye gukinwa nyuma yo guhagarikwa guhera tariki ya 15 Werurwe 2020 kubera Coronavirus.
| 2 | 0.5 |
kin_train_00728
|
kin
|
Ku Mugabane wa Afurika wose hamaze kugaragara abantu 32 657 banduye Coronavirus, abamaze gupfa ni abantu 1 427 naho abakize ni 10
|
Magingo aya ku Isi harabarurwa abantu 841 banduye Coronavirus, mu gihe abamaze gupfa bo ari
| 2 | 0.46 |
kin_train_00729
|
kin
|
Liesse, izina ry’umukobwa uhorana ibyishimo Liesse ni izina rihabwa umwana w’umukobwa risobanura ‘Ibyishimo’, rikaba rifite inkomoko mu Butaliyani kuva mu myaka yo hambere.
|
Ariane, izina ry’umukobwa ukunda gusabana Ariane ni izina bita umwana w’umukobwa rikaba rikomoka mu Kigereki ku jambo Ariadne bisobanura ikintu cyejejwe.
| 2 | 0.25 |
kin_train_00730
|
kin
|
Gukora kwihuse k’ubwonko bwibutsa Abashakashatsi bo muri kaminuza ya McGill yo muri Canada basanze gukora imibonano mpuzabitsina ku bagore bituma babasha kwibuka cyane kandi vuba.
|
Ibi bikaba bituma kwimenyereza gukora imibonano mpuzabitsina kenshi binatuma umugabo agira ubushobozi bwo kubyara abana bakomeye kandi buzuye,
| 2 | 0.53 |
kin_train_00731
|
kin
|
Umukinnyi Nshuti Savio Dominique n’ubwo yakinnye ahindurirwa imyanya cyane ariko ari mu bakinnyi ba Rayon Sports basonze Rivers cyane.
|
Sibomana Patrick yari amahitamo ya mbere ya Rayon Sports nk’umusimbura wa Dominique Nshuti Savio wamaze kwerekeza muri AS Kigali.
| 2 | 0.25 |
kin_train_00732
|
kin
|
Rayon Sports ni yo iyoboye shampiyona kugeza ku munsi wa 10 wa shampiyona aho ifite amanota 26 irusha APR FC ya kabiri amanota abiri.
|
Urutonde rw’ agateganyo ruyobowe na Rayon Sports ifite amanota 26, iri kugitutu cya mukeba wayo APR FC ifite amanota
| 2 | 0.59 |
kin_train_00733
|
kin
|
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'ubutegetsi bw'igihugu, Dr Alvera Mukabaramba, yihanganishije ababuze ababo muri Jenoside, maze yizeza ubufasha bwa Leta ku bashegeshwe na Jenoside.
|
Ibi ni ibyatangajwe na DR Mukabaramba Alvera Umunyamabanga wa Leta ushinzwe imibereho myiza muri Minisiteri y'ubutegetsi bw'igihugu aganira na Kigali Today.
| 2 | 0.66 |
kin_train_00734
|
kin
|
Ejo ku wa mbere, Ubutaliyani bwatangaje ko abantu bane bandi yabahitanye, bituma umubare w’abo imaze kwica kugeza ubu muri icyo gihugu ugera kuri barindwi.
|
Kugeza kuri uyu wa Mbere, Minisiteri y’Ubuzima yari imaze gutangaza ko abamaze kwandura Coronavirus mu Rwanda ari abantu barindwi.
| 2 | 0.5 |
kin_train_00735
|
kin
|
Habamahoro Vincent yatandukanye na AFC Leopards mu Ukuboza 2019 nyuma yo kumara amezi ane adahembwa, asubira muri Kiyovu Sports akinira kugeza ubu.
|
Habamahoro Vincent yasinyiye AFC Leopards muri Nyakanga 2019, atandukana na yo nyuma y'amezi ane Kuri ubu, Habamahoro akinira Kiyovu Sports yasubiyemo muri Mutarama 2020
| 2 | 0.62 |
kin_train_00736
|
kin
|
Urugero buri mwaka abanyarwanda 4 781 baba mu bihugu bigize ubwami bw’u Bwongereza bohereza miliyari 7 z’amafaranga y’u Rwanda.
|
Imibare kandi igaragaza ko umuriro wibwe kuva mu mwaka ushize wari ufite agaciro ka miliyari imwe na miliyoni 900 z’amafaranga y’u Rwanda.
| 2 | 0.41 |
kin_train_00737
|
kin
|
Uyu mutoza ukomoka mu gihugu cy'ubufaransa yavuze ko yagiranye ibiganiro by'ibanze n'abayobozi ba Rayon Sports akaba aje ngo barangizanye iby'amasezerano.
|
Mu kiganiro yagiranye na Radio Rwanda kuri uyu wa Gatanu, Munyakazi yavuze ko Rayon Sports imaze gusinyisha abakinnyi batanu mu gihe ikomeje ibiganiro n’abandi babiri.
| 2 | 0.32 |
kin_train_00738
|
kin
|
Ntabwo rero umuntu agomba kuyanywa gusa ari uko agize inyota, ahubwo wakagombye kugira umuco wo kunywa amazi buri munsi.
|
Gusa nanone, ngo ni ngombwa kunywa amazi meza, kugira ngo umuntu yirinde indwara ziterwa no kunywa amazi mabi.
| 2 | 0.53 |
kin_train_00739
|
kin
|
Muri izo ngando zizaba zigamije kongera ubumenyi mu mikino itandukanye ikinwa n’abamugaye, hazakinwa Volleyball, Goalball ikinwa n’abatabona ndetse n’imikino ngororamubiri (athletisme).
|
Abasanzwe batoza imikino itandukanye y’abamugaye na bo bazaboneraho kongererwa ubumenyi kuko bazahabwa amahugurwa yo gutoza Sitting Volleyball, Goalball n’imikino ngororamubiri.
| 2 | 0.56 |
kin_train_00740
|
kin
|
Nyuma y’iminota 10, Ku mupira waturutse ibumoso kwa Ishimwe Kevin, AS Kigali yatsinze igitego cya kabiri cyatsinzwe na Jimmy Mbaraga.
|
Nyuma y’iminota 2,Amavubi yabonye igitego cya 6 cyatsinzwe na Mukunzi Yannick n’umutwe ku mupira wari uturutse kuri koloneri ya Djihad Bizimana.
| 2 | 0.47 |
kin_train_00741
|
kin
|
Ingaruka mbi zo kwambara inkweto ndende igihe kirekire Abagore n’abakobwa benshi bakunda kwambara inkweto ndende, bamwe muri bo bakazambara umwanya munini.
|
Ibyo wakora ukirinda ingaruka mbi ziterwa no kwambara inkweto ndende Ugomba kujya wambara inkweto zifite talon itarengeje 5cm.
| 2 | 0.75 |
kin_train_00742
|
kin
|
Gusa abanyamategeko bavuga ko iri tegeko rishya rihonyora ingingo ya 14 y’itegeko Nshinga ry’u Buhinde, itanga uburenganzira bungana imbere y’amategeko.
|
Byakomeje kutavugwaho rumwe, bamwe bavuga ko iryo tegeko rishya riciye ukubiri n'itegeko nshinga rya Repubulika y'u Rwanda ryemerera abaturage uburenganzira busesuye mu gusenga.
| 2 | 0.47 |
kin_train_00743
|
kin
|
Mu 2009 nibwo Guverinoma y’u Rwanda yashyizeho politiki nshya yo guteza imbere amakoperative, iteganya ko Abanyarwanda bose bafite umurimo bahuriyeho bashobora kwishyira hamwe.
|
Ku wa 23 Gashyantare 2020, nibwo Guverinoma y’u Rwanda yashyizeho itsinda ryihariye rihuriweho na za Minisiteri zitandukanye ziyobowe na Minisiteri y’Ubuzima.
| 2 | 0.31 |
kin_train_00744
|
kin
|
Rivuga ko kandi umuganga uwo ari we wese ugiye gutanga serivisi z’ubuvuzi ku ngimbi n’umwangavu ubundi agomba kubanza kubimenyesha abamurera mbere yo kugira icyo amukorera.
|
Polisi irasaba buri wese ndetse n'amabanki kuba maso no kugenzura amafaranga bahabwa mbere yo gutanga serivisi kugira ngo birinde kubeshywa.
| 2 | 0.34 |
kin_train_00745
|
kin
|
Minisitiri w’ Ubuzima Dr Diane Gashumba yabitangarije mu kaganiro Minisiteri y’ Ubuzima yagiranye n’ abanyamakuru kuri uyu wa Gatanu tariki 5 Mata
|
Ibi yabitangarije mu kiganiro yagiranye n’ abanyamakuru ku wa Gatanu tariki 30 Kanama
| 2 | 0.44 |
kin_train_00746
|
kin
|
Igihe uwo mwashakanye ananiwe cyangwa se afite ibindi ahugiyemo nko kureba televiziyo n’indi mirimo kuri mudasobwa si cyo gihe cyo kumuganiriza.
|
Icyo gihe ababyeyi cyangwa se abavandimwe bawe bumva barakariye uwo mwashakanye kandi wenda wowe wumva mutatandukana kuko hari ibindi byiza umuziho.
| 2 | 0.41 |
kin_train_00747
|
kin
|
Rev Karuranga avuga ko hazakoreshwa uburyo busanzwe bukoreshwa kugira ngo abayoboke ba ADEPR bumve neza ko hari ubuhanuzi bakwiye kwima amatwi.
|
Umuvugizi wa ADEPR, Rev Karuranga, yavuze ko abayoboke b'itorero bazigishwa ko hari ubuhanuzi bakwiye kwima amatwi [email protected]
| 2 | 0.88 |
kin_train_00748
|
kin
|
Juru Ornella w’imyaka 20 y’amavuko ku wa 2 Ukwakira 2020, nibwo yashyize hanze indirimbo yise ‘Pango’ itunganyijwe mu buryo bw’amajwi n’amashusho.
|
Kuri ubu uyu muhanzi yashyize hanze iyitwa ‘Sound’ itunganyijwe mu buryo bw’amajwi avuga ko amashusho yayo ari hafi.
| 2 | 0.22 |
kin_train_00749
|
kin
|
Abakinnyi ba USM Alger bahagaritswe ni Mohamed Benkhamassa ukina hagati mu kibuga wahagaritswe imikino
|
Mohamed Benyahya, myugariro ubanza mu kibuga muri USM Alger na we ari mu bahagaritswe imikino 2 Mohamed Benkhamassa niwe wahanwe imikino 3
| 2 | 0.75 |
kin_train_00750
|
kin
|
Ku bw’izi mpamvu zose rero, mu gihe umubyeyi agize impamvu zituma atonsa umwana, ashobora gukama amashereka akayasigira umuntu yizeye akayaha umwana kandi akabikorana isuku.
|
Uburyo bwo gukoresha akamashini gakoreshwa n’intoki (Tire-lait manuel): Ubu buryo nabwo bukoreshwa mu gihe umubyeyi adakeneye gukama amashereka menshi, kuko buravuna kandi burarambirana.
| 2 | 0.62 |
kin_train_00751
|
kin
|
Umwe mu bayobozi b'Umudugudu utashatse ko izina rye ritangazwa yavuze ko gitifu ari we watanze amabwiriza yo kwaka amafaranga
|
Umukozi ukora muri Mutuelle de santé muri uwo Murenge utarashatse ko izina rye ritangazwa yavuze ko ikarita igura amafaranga 100 mu guhugu hose.
| 2 | 0.47 |
kin_train_00752
|
kin
|
Ubwo hizihizwaga imyaka 40 y’umubano w’ibihugu byombi, u Bushinwa bwari bumaze guha u Rwanda miliyoni 170 z’amadolari.
|
U Rwanda n’u Bushinwa bifitanye umubano umaze imyaka isaga 46, u Bushinwa bukaba bumaze gutera inkunga ibikorwa n’imishinga itandukanye mu Rwanda.
| 2 | 0.47 |
kin_train_00753
|
kin
|
Ku munsi wa mbere w’isiganwa, abakinnyi basiganwe n’igihe harebwa ibihe byakoreshejwe nk’ikipe, bizwi “Team Time Trial”.
|
Hazakinwa gusiganwa n’igihe harebwe ibihe byakoreshejwe ariko umukinnyi ku giti ke “Individual Time Trial” ahazakina abakinnyi batandukanye mu byiciro byose.
| 2 | 0.78 |
kin_train_00754
|
kin
|
Ifite umuvuduko udasanzwe bitewe na processor yifitemo ya Intel Core-2 extreme na RAM y’imbaraga ndetse inakwemerera gukina imikino ku buryo unyurwa.
|
Yifitemo processor ya Intel Core 2-Quad Processor ndetse na RAM y’imbaraga bifasha uyikoresha kubangukirwa n’ibikorwa bitandukanye yakora yifashishije iyi mudasobwa.
| 2 | 0.59 |
kin_train_00755
|
kin
|
Abakobwa bari guhugurwa ku ku kubyaza umusaruro ikoranabuhanga Mayor wa Bugesera Rwagaju Louis
|
FOTO/Faustin Nkurunziza NB: Mu nkuru zacu zitaha turabagezaho uko abandi bahanzi nabo bitwaye VIDEO: Eliel Sando
| 2 | 0.16 |
Subsets and Splits
No community queries yet
The top public SQL queries from the community will appear here once available.